Umugore w’Umufaransa w’imyaka 42, Vanessa Douillet, yatangaje ko ashaka kujya mu murashunwa y’ubwiza yo mu Bufaransa ‘Miss France’, aho afite intego yo kwegukana ikamba muri aya marushanwa agamije...
Abakurikirana sinema by’umwihariko abakoresha urubuga rwa Netflix bamaze igihe barara amajoro nyuma yo kujya hanze kw’igice gishya cya ‘Beauty in Black’, iri mu zigezweho muri iki gihe kuri uru...
Umuhanzi w’icyamamare Jason Derulo umaze imyaka 16 akora umuziki, yatangaje ko agiye kuwuhagarika nyuma yo gusohora album nshya ari gutegura yise ‘The Last Dance’.
Umunyamideli Gigi Hadid yavuze ko we na Zayn Malik bahoze bakundana bakaza gutandukana bafitanye umwana, bafite uko batwara umubano wabo kandi atari ngombwa ko ibyabo byose bijya ku karubanda.
Mu mukino ukomeye wahuje APR FC na Rayon Sports ku Cyumweru, habaye igikorwa cyatumye benshi bibaza byinshi. Kapiteni wa Rayon Sports ariwe Muhire Kevin, yahawe agapapuro maze ahita agasoma bwangu,...
Umuraperi w’Umunya-Canada, Tory Lanez, uri gukorera igihano cy’igifungo cy’imyaka 10 muri gereza azira kurasa Megan Thee Stallion, yatangaje ko umuririmbyi Chris Brown ari we wenyine wamufashije ku...
Billboard izwiho gukora intonde zitandukanye z’abahanzi n’indirimbo bigezweho ku Isi, yagize Jaylah Ji’mya Hickmon uzwi mu muziki nka Doechii, umuhanzikazi w’umwaka wa 2025.