Ni bwo bwa mbere mu mateka ikinyamakuru Forbes gitangaje urutonde rwihariye rw’abagore 50 bo ku Isi yose biyubakiye imitungo myinshi kurusha abandi, nta na kimwe barazwe. Aba bagore, baturuka ku...
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko ubutegetsi bwe buzareba niba bwakwirukana umuherwe Elon Musk ufite ibigo bikomeye birimo Tesla, Space X na X nyuma y’aho bagiranye...
Kuri uyu wa Kabiri, Umunya-Tunusia Ben Moussa El Kebil Abdessattar yasinyiye ikipe ya Police FC nk’umutoza wayo mushya asimbuye Mashami Vincent uheruka gusoza amasezerano.