skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

Bayobowe n’utunze miliyari 38.8$: Menya abagore 50 birwanyeho bakinjira mu baherwe ba mbere ku Isi

Ni bwo bwa mbere mu mateka ikinyamakuru Forbes gitangaje urutonde rwihariye rw’abagore 50 bo ku Isi yose biyubakiye imitungo myinshi kurusha abandi, nta na kimwe barazwe. Aba bagore, baturuka ku...
2 July 2025 Yasuwe: 646 0

Somalia: Indege y’ingabo za Uganda yahanutse

Kajugujugu y’igisirikare cya Uganda yarimo abantu umunani, yakoreye impanuka ku kibuga mpuzamahanga cy’indege Aden Adde gihereye mu Mujyi wa Mogadishu muri Somalia.
2 July 2025 Yasuwe: 396 0

Haje ikoranabuhanga rishya rirwanya ’bots za AI’ zisahura amakuru ku mbuga

Imbuga (websites) zibarirwa muri za miliyoni – zirimo Associated Press, Sky News na Buzzfeed – ubu zizajya zibasha kubuza ’bots’ za ’artificial intelligence’(AI) zifatwa nka ’rusahuzi’ kugera ku...
2 July 2025 Yasuwe: 237 0

Konti ya Rwanda Updates yakurikirwaga n’abarenga miliyoni kuri Instagram yakuweho

Konti ya Rwanda Updates yari imaze imyaka 11 kuri Instagram kandi ikurikirwa n’abarenga 1.182.000, yamaze gukurwaho.
2 July 2025 Yasuwe: 213 0

Burundi: Abatavugarumwe na Leta biyemeje gufata intwaro bagahirika ubutegetsi bwa CNDD-FDD

Bamwe mu mpunzi z’ Abarundi barimo n’abanyapolitiki bakomeye mu Burundi bahungiye mu Bubiligi batangaje ko bagiye kurwanya ubutegetsi bw’i gihugu cyabo buyobowe n’ishyaka rya CNDD-FDD bakoresheje...
2 July 2025 Yasuwe: 369 0

Trump ari gutekereza kwirukana Elon Musk muri Amerika

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko ubutegetsi bwe buzareba niba bwakwirukana umuherwe Elon Musk ufite ibigo bikomeye birimo Tesla, Space X na X nyuma y’aho bagiranye...
2 July 2025 Yasuwe: 253 0

Freddy Kaniki wa AFC yagizwe Perezida wa Twirwaneho

Freddy Kaniki Rukema usanzwe ari Visi Perezida w’ihuriro AFC rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ushinzwe ubukungu n’imari, yagizwe Perezida w’umutwe witwaje intwaro wa...
2 July 2025 Yasuwe: 534 0

RGB yagaragaje ishusho y’imitangire ya serivisi mu myaka 31 u Rwanda rwibohoye

Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere, RGB, rwatangaje ko mu myaka 31 ishize u Rwanda rwibohoye, imitangire ya serivisi yihuse cyane kuko hashyizweho uburyo bw’ikoranabuhanga n’ubuyobozi bukegerezwa...
2 July 2025 Yasuwe: 206 0

Syria yakuriweho ibihano by’ubukungu na Amerika

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasinye iteka rigamije gukuraho ibihano by’ubukungu byari bimaze imyaka myinshi byarashyiriweho Syria.
2 July 2025 Yasuwe: 293 0

Ben Moussa watoje APR FC yasinye nk’umutoza mushya wa Police FC

Kuri uyu wa Kabiri, Umunya-Tunusia Ben Moussa El Kebil Abdessattar yasinyiye ikipe ya Police FC nk’umutoza wayo mushya asimbuye Mashami Vincent uheruka gusoza amasezerano.
1 July 2025 Yasuwe: 390 0