skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

Thailand: Minisitiri w’Intebe yegujwe azira guca bugufi

Urukiko rwa Thailand rushinzwe kurengera Itegeko Nshinga kuri uyu wa 1 Nyakanga 2025 rweguje Minisitiri w’Intebe, Paetongtarn Shinawatra, nyuma y’aho yumvikanye aca bugufi imbere ya Perezida wa...
1 July 2025 Yasuwe: 750 0

Umuhungu wa Trump ahamya ko kujya ku butegetsi byamworohera

Umuhungu wa Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Eric Trump, yatangaje ko kujya ku butegetsi bw’iki gihugu byamworohera kuko yabanjirijwe n’umubyeyi.
1 July 2025 Yasuwe: 737 0

RDC: Ubutabazi bwagenerwaga abasambanyijwe bwahagaritswe

Ubutegetsi bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika bwahagaritse amasezerano bwari bufitanye n’ikigo cyari gishinzwe kohereza ibikoresho by’ubutabazi abasambanyijwe mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira...
1 July 2025 Yasuwe: 353 0

U Rwanda ruyoboye ibihugu bitekanye muri Afurika mu 2025

U Rwanda ruri ku isonga mu bihugu bifite umutekano usesuye muri Afurika, nk’uko byagaragajwe n’ubushakashatsi bwa Numbeo bwasohowe hagati mu mwaka wa 2025. Rwaje ku mwanya wa mbere ku mugabane...
1 July 2025 Yasuwe: 874 0

Amerika: Abahanga mu bya AI bari guhembwa akayabo

Ibigo bikomeye mu ikoranabuhanga biri mu ntambara karundura yo kurushanwa kugera ku buvumbuzi mu bijyanye n’ubwenge bw’ubukorano (AI), ibituma bimaze kuzamura umushahara w’abahanga muri iryo...
1 July 2025 Yasuwe: 411 0

Banki y’Isi yemeje miliyari 95 Frw zo gufasha impunzi mu Rwanda

Mu guteza imbere imibereho y’impunzi n’abazakiriye, Leta y’u Rwanda yatangije icyiciro cya kabiri cy’umushinga wa ‘Jya Mbere II’, uzakoreshwamo miliyoni 66,7$ (arenga miliyari 95,6 Frw).
1 July 2025 Yasuwe: 314 0

Diddy agiye gukanirwa urumukwiye

Inteko Iburanisha mu rubanza rwa Diddy yatangiye gusesengura ubuhamya n’ibindi bimenyetso bishinja n’ibishinjura uyu muraperi, kugira ngo ifate umwanzuro ku bihano akwiriye guhabwa.
1 July 2025 Yasuwe: 451 0

Mu bukwe bwe, Vestine uririmbana na Dorcas bazamurikira abatumirwa indirimbo

Ubukwe bw’umuhanzikazi Ishimwe Vestine, umwe mu baririmbyi b’amazina akomeye mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, buzaba urwibutso rudasaza. Si ukuvuga gusa ku isezerano rizakorerwa imbere...
1 July 2025 Yasuwe: 662 0

Club World Cup: Manchester City na Inter Milan ntizarenze 1/8

Manchester City yatsinzwe na Al-Hilal yo muri Arabie Saoudite ibitego 4-3 mu mukino wamaze iminota 120 naho Inter de Milan yo mu Butaliyani itsindwa na Fluminense yo muri Brazil ibitego 2-0 zombi...
1 July 2025 Yasuwe: 522 0

Gusenya FDLR, ingamba z’ubwirinzi z’u Rwanda, amabuye y’agaciro…Nduhungirehe yasobanuye ibyabereye i Washington

Ubwo yakiraga ba Minisitiri b’Ububanyi n’Amahanga b’u Rwanda na RDC, Perezida Donald Trump yagarutse ku mpamvu amasezerano y’amahoro yasinywe ari intambwe ikomeye, avuga ko ibihugu byombi bikwiriye...
1 July 2025 Yasuwe: 637 0