Umuhungu wa Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Eric Trump, yatangaje ko kujya ku butegetsi bw’iki gihugu byamworohera kuko yabanjirijwe n’umubyeyi.
U Rwanda ruri ku isonga mu bihugu bifite umutekano usesuye muri Afurika, nk’uko byagaragajwe n’ubushakashatsi bwa Numbeo bwasohowe hagati mu mwaka wa 2025. Rwaje ku mwanya wa mbere ku mugabane...
Ibigo bikomeye mu ikoranabuhanga biri mu ntambara karundura yo kurushanwa kugera ku buvumbuzi mu bijyanye n’ubwenge bw’ubukorano (AI), ibituma bimaze kuzamura umushahara w’abahanga muri iryo...
Ubukwe bw’umuhanzikazi Ishimwe Vestine, umwe mu baririmbyi b’amazina akomeye mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, buzaba urwibutso rudasaza. Si ukuvuga gusa ku isezerano rizakorerwa imbere...
Manchester City yatsinzwe na Al-Hilal yo muri Arabie Saoudite ibitego 4-3 mu mukino wamaze iminota 120 naho Inter de Milan yo mu Butaliyani itsindwa na Fluminense yo muri Brazil ibitego 2-0 zombi...
Ubwo yakiraga ba Minisitiri b’Ububanyi n’Amahanga b’u Rwanda na RDC, Perezida Donald Trump yagarutse ku mpamvu amasezerano y’amahoro yasinywe ari intambwe ikomeye, avuga ko ibihugu byombi bikwiriye...