Nyakwigendera Amb. joseph Habineza ni umwe mu bayobozi bagize igikundiro gihambaye ubwo yari umuyobozi , gusa hari ingingo 10 z’ibintu ushobora kuba utaramenye kuri uyu munyabigwi birimo ko yigeze...
BK Arena yatangaje ko abari baguze amatike yo kujya mu gitaramo Tems yateganya gukorera i Kigali, bagiye gusubizwa amafaranga yabo kuko uyu muhanzi atakiririmbiye mu Rwanda.
Uyu ni umwe mu bahanzi bafite amazina aremereye mu muziki wa Nigeria ndetse na afurika muri rusange, gusa icyo atandukaniyeho na benshi mu bandi bahanzi nuko we yaje mu muziki ataje kuhashakira...
Uruganda rw’imyidagaduro mu Rwanda rukubiyemo ubuhanzi butandukanye kandi bwose bugenda bwuzuzanya. Muriyi nkuru mutwemerere turebere hamwe bamwe mu byamamare mu myidagaduro yo mu Rwanda ushobora...
Clapton kibonge ni umwe mu banyarwenya bafite amazina aremereye mu ruganda rw’imyidagaduro mu Rwanda , ibi ni ibintu yakunze akiri muto ndetse umuhamagaro wo kubikora wamwakiyemo akiri umwana muto...