Umusirikare wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yishe arashe bagenzi be batatu muri gurupoma ya Luberike muri Teritwari ya Walikale, abandi umunani barakomereka.
Umusore witwa Ishimwe Emmanuel, w’imyaka 25, wo mu Mudugudu wa Rebero, Akagari ka Nyabigoma, Umurenge wa Kinigi mu Karere ka Musanze, yasanzwe yapfuye amanitse mu mugozi w’inka mu gikoni aho...
Munyaneza Jean Damascène Alias Saddam na Nshimiyimana Jean Damascène bafungiye mu Igororero rya Huye, batanze amakuru ku byaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi Munyenyezi Béatrice akurikiranyweho.
Nubwo Leta Zunze Ubumwe za Amerika zakoresheje imbaraga nyinshi mu gitero zagabye ku bikorwaremezo bitunganyirizwamo ingufu za nucléaire muri Iran, amakuru y’ibanga yashyizwe hanze yagaragaje ko...
Mugabe Assiel w’izina rikomeye mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana, ari mu kababaro ko kubura umugore we Charlotte Nyirabugingo watabarutse mu Ijoro ryacyeye azize uburwayi.
Alyn Sano uri mu bahanzi b’abagore bafite izina rikomeye muri muzika nyarwanda muri iki gihe, yatangaje ko ari mu myiteguro yo gushyira hanze indirimbo nshya yakoranye n’umuhanzi ukomeye wo muri...
Muri Uganda abasirikare bakuru babiri bafite amapeti yo ku rwego rwa Colonel bafunzwe hashingiwe ku itegeko ry’Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba.
Guverinoma ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yabujije Abadepite gukoresha porogaramu ya WhatsApp mu bikoresho byabo by’ikoranabuhanga, mu rwego rwo kurinda umutekano w’amakuru yabo.
Mufti w’u Rwanda, Sheikh Musa Sindayigaya yavuze ko intambara ziba hirya no hino ku Isi by’umwihariko ihanganishije Israel na Iran abantu badakwiye kuzihuza n’amadini n’imyemerere kuko ari ibihugu...