Umuryango wa Dr. Edgar Lungu Chagwa wayoboye Zambia kuva mu 2015 kugeza mu 2021 wafashe icyemezo cyo kumushyingura i Johannesburg muri Afurika y’Epfo nyuma y’aho unaniwe kumvikana na Leta yari...
Rocket y’Ikigo cya SpaceX yashwanyukiye aho yari igiye gutangirira urugendo ruyerekeza mu Isanzure, biba inshuro ya kane izi rocket nshya zigira ibibazo mu rugendo rwazo.
Minisitiri w’Intebe, Dr. Edouard Ngirente yatangaje ko u Rwanda rwashyizeho itsinda rihora rigenzura ibikomoka kuri peteroli byinjira mu gihugu n’ububiko gifite kugira ngo hatazabaho ikibazo...
Umuhanzi akaba na Producer Joel Brown yakoze igikorwa cyatangaje benshi mu ndirimbo nshya yitwa Pom Pom, aho uburyo yitwaye mu miririmbire bwatumye Bruce Melodie na Diamond Platnumz basiba ibyo...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda, Dr. Yvan Butera, uri muri Indonesia, yabonanye na Minisitiri w’Ubuzima muri iki gihugu, Budi Gunadi Sadikin.
Ingabo za Israel zatangaje ko zagabye igitero ahantu hatatu hari intwaro ziremereye zari gukoreshwa mu kugaba ibitero muri Israel, umusirikare mukuru witeguraga kurasa ibisasu bya missile na we...