skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

Edgar Lungu wayoboye Zambia azashyingurwa muri Afurika y’Epfo

Umuryango wa Dr. Edgar Lungu Chagwa wayoboye Zambia kuva mu 2015 kugeza mu 2021 wafashe icyemezo cyo kumushyingura i Johannesburg muri Afurika y’Epfo nyuma y’aho unaniwe kumvikana na Leta yari...
20 June 2025 Yasuwe: 707 0

’Rocket’ ya SpaceX yakoze impanuka ku nshuro ya kane muri uyu mwaka

Rocket y’Ikigo cya SpaceX yashwanyukiye aho yari igiye gutangirira urugendo ruyerekeza mu Isanzure, biba inshuro ya kane izi rocket nshya zigira ibibazo mu rugendo rwazo.
20 June 2025 Yasuwe: 569 0

Tom Close yanyomoje ibyo guhurira na Tuff Gang mu ndirimbo ‘Cana Itara’

Umuhanzi Tom Close yateguje indirimbo yise Cana Itara, ahakana iby’uko yaba izagaragaramo itsinda rya Tuff Gang.
20 June 2025 Yasuwe: 356 0

Umutoza Kirasa Alain yongereye amasezerano muri Gorilla FC

Umutoza Kirasa Alain yongereye amasezerano y’umwaka umwe muri Gorilla FC yari amazemo undi.
20 June 2025 Yasuwe: 244 0

U Burusiya bwavuze ku bitero Amerika ishobora kugaba kuri Iran

Umuvugizi w’Ibiro bya Perezida w’u Burusiya, Dmitry Peskov, yatangaje ko Amerika iramutse igabye ibitero kuri Iran yaba ikoze ikosa rikomeye cyane, kuko byatuma intambara mu karere zirushaho...
20 June 2025 Yasuwe: 917 0

Natete Niwemugore mushiki wa P-Fla yasezeranye mu mategeko - AMAFOTO

Mushiki wa P-Fla muto ariwe Natete Niwemugore, yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we Wilson Nshimyumuremyi.
20 June 2025 Yasuwe: 815 0

U Rwanda rwatangiye kwitegura ingaruka zaterwa n’intambara ya Israel na Iran

Minisitiri w’Intebe, Dr. Edouard Ngirente yatangaje ko u Rwanda rwashyizeho itsinda rihora rigenzura ibikomoka kuri peteroli byinjira mu gihugu n’ububiko gifite kugira ngo hatazabaho ikibazo...
20 June 2025 Yasuwe: 1051 0

Joel Brown yakoze ku buryo Bruce Melodie na Diamond basiba ibyo bari bararirimbye mu ndirimbo bakoranye

Umuhanzi akaba na Producer Joel Brown yakoze igikorwa cyatangaje benshi mu ndirimbo nshya yitwa Pom Pom, aho uburyo yitwaye mu miririmbire bwatumye Bruce Melodie na Diamond Platnumz basiba ibyo...
20 June 2025 Yasuwe: 629 0

U Rwanda na Indonesia baganiriye uko bahangana na kanseri

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda, Dr. Yvan Butera, uri muri Indonesia, yabonanye na Minisitiri w’Ubuzima muri iki gihugu, Budi Gunadi Sadikin.
20 June 2025 Yasuwe: 303 0

Undi musirikare mukuru yishwe, Hezbollah yinjiramo: Agezweho ku ntambara ya Israel na Iran

Ingabo za Israel zatangaje ko zagabye igitero ahantu hatatu hari intwaro ziremereye zari gukoreshwa mu kugaba ibitero muri Israel, umusirikare mukuru witeguraga kurasa ibisasu bya missile na we...
20 June 2025 Yasuwe: 1384 0