Umuraperi w’icyamamare ku rwego mpuzamahanga, Aubrey Drake Graham uzwi nka Drake, ari mu gahinda nyuma yo gutakaza akayabo karenze miliyoni 124 z’amadolari y’Amerika mu gihe cy’ukwezi kumwe kubera...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yemeje umugambi wo gutera Iran, ariko ntiyafata icyemezo cya nyuma ku bijyanye no kugaba ibitero nkuko BBC ibikesha CBS News.
iyonshuti Ange Tricia, yagaragaje ko yababajwe bikomeye n’umunyamakuru Ngabo Roben wavuze ko Muyombo Thomas uzwi nka Tom Close ari we muhanzi wakabirijwe kurusha abandi mu mateka y’umuziki...
Umuyobozi wa Komisiyo y’Umuryango w’Abibumbye ishinzwe uburenganzira bw’ikiremwamuntu, Volker Türk, yagaragaje ko ubugizi bwa nabi abasirikare ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo...
Nibura hejuru ya 75% by’abarwanyi ba Ukraine bari mu ntambara n’ingabo z’u Burusiya bajyanwa ku rugamba batabishaka, mu gihe abarwana kubera ubushake bwabo bari munsi ya 25%.
Los Angeles Lakers iri mu makipe akomeye ya Basketball muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yari mu biganza by’umuryango wa Jerry Buss [The Buss family], igiye kwegukanwa na TWG Global Holdings ya...