Hakim Abdul-Hussein, uri mu bahanzi bakiri kubaka izina mu njyana ya Hip Hop, aho akoresha izina rya Kimzer, yongeye gushimangira ko yihebeye Miss Kayumba Darina, amutera imitoma mu magambo...
Ni ishusho abenshi bazi aho umukobwa w’inkumi yarimo abyinana n’umuhanzi w’icyamamare mu muziki nyarwanda ntawundi ni Cecile Kayirebwa mu ndirimbo ye yabaye ikimenyabose yitwa Tarihinda , amashusho...
Kuva cyera na kare u Rwanda rwagize abahanzi b’inganzo ikubiyemo ubuhanga buhambaye, bamwe murabo baboneye izuba abandi ndetse bababera urugero rwiza ko nabo baba abahanzi bakomeye. muriyi nkuru...
Umugore wa Kanye West, Bianca Censori, aherutse gutungura benshi mu birori bya Grammy Awards 2025, ubwo yatambukaga ku itapi itukura yambaye ikanzu ibonerana cyane, ku buryo bimwe mu bice bye...
Bamwe mu byamamare mu myidagaduro yo mu Rwanda banyuze mu nzira irimo ibimene by’amacupa kugirango babashe kugera ku gasongero. muriyi nkuru mutwemerere turebere hamwe mu mafoto uko bamwe mu...
Mu ijoro ryakeye taliki 2 Gashyantare muri leta zunze ubumwe za amerika mu mujyi wa los angeles haraye hatangiwe ibihembo bya grammy awards byari bitanzwe ku nshuro ya 67. ibi bikaba ari ibihembo...
Nyakwigendera Amb. joseph Habineza ni umwe mu bayobozi bagize igikundiro gihambaye ubwo yari umuyobozi , gusa hari ingingo 10 z’ibintu ushobora kuba utaramenye kuri uyu munyabigwi birimo ko yigeze...