skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

Audia Intore yambitswe impeta n’ umukunzi we bitegura kurushinga

Umuhanzikazi Audia Intore uri mu bakora umuziki gakondo, yambitswe impeta n’umunyamakuru wa Inyarwanda, Niyonsenga Cyiza Kelly uzwi nka The Cyiza.
7 February 2025 Yasuwe: 807 0

Umuraperi Kimzer yavuze urwo akunda Miss Kayumba Darina

Hakim Abdul-Hussein, uri mu bahanzi bakiri kubaka izina mu njyana ya Hip Hop, aho akoresha izina rya Kimzer, yongeye gushimangira ko yihebeye Miss Kayumba Darina, amutera imitoma mu magambo...
7 February 2025 Yasuwe: 567 0

SOBANUKIRWA BYINSHI KU BUZIMA BW’UMUKOBWA WAMAMAYE MU MASHUSHO Y’INDIRIMBO TARIHINDA YA CECILE KAYIREBWA.

Ni ishusho abenshi bazi aho umukobwa w’inkumi yarimo abyinana n’umuhanzi w’icyamamare mu muziki nyarwanda ntawundi ni Cecile Kayirebwa mu ndirimbo ye yabaye ikimenyabose yitwa Tarihinda , amashusho...
6 February 2025 Yasuwe: 2811 0

DORE URUTONDE RWA BAHANZI 10 BAKUZE KURENZA ABANDI MU RWANDA.

Kuva cyera na kare u Rwanda rwagize abahanzi b’inganzo ikubiyemo ubuhanga buhambaye, bamwe murabo baboneye izuba abandi ndetse bababera urugero rwiza ko nabo baba abahanzi bakomeye. muriyi nkuru...
5 February 2025 Yasuwe: 2354 0

Ibiyobyabwenge byafungishije umuhungu wa Michael Jordan

Marcus Jordan, umuhungu w’icyamamare muri NBA, Michael Jordan, yatawe muri yombi azira gutwara ikinyabiziga yanyoye inzoga ndetse akanafatanwa ikiyobyabwenge cya Cocaine.
5 February 2025 Yasuwe: 370 0

Imyanyembarire y’umugore wa Kanye West muri Grammy Awards 2025 yavugishije benshi

Umugore wa Kanye West, Bianca Censori, aherutse gutungura benshi mu birori bya Grammy Awards 2025, ubwo yatambukaga ku itapi itukura yambaye ikanzu ibonerana cyane, ku buryo bimwe mu bice bye...
5 February 2025 Yasuwe: 967 0

IREBERE BAMWE MU BASTAR BA SHOWBIZ NYARWANDA BAKIRI KU CYAVU(AMAFOTO)

Bamwe mu byamamare mu myidagaduro yo mu Rwanda banyuze mu nzira irimo ibimene by’amacupa kugirango babashe kugera ku gasongero. muriyi nkuru mutwemerere turebere hamwe mu mafoto uko bamwe mu...
4 February 2025 Yasuwe: 1750 0

UMURAPERI KENDRICK YANDITSE AMATEKA MU MUHANGO W’IBIHEMBO BYA GRAMMY AWARDS

Mu ijoro ryakeye taliki 2 Gashyantare muri leta zunze ubumwe za amerika mu mujyi wa los angeles haraye hatangiwe ibihembo bya grammy awards byari bitanzwe ku nshuro ya 67. ibi bikaba ari ibihembo...
3 February 2025 Yasuwe: 393 0

DORE IBINTU 10 USHOBORA KUBA UTARUZI KURI Amb. Joseph HABINEZA WIGEZE KUBA MINISTIRI WA SIPORO MU RWANDA.

Nyakwigendera Amb. joseph Habineza ni umwe mu bayobozi bagize igikundiro gihambaye ubwo yari umuyobozi , gusa hari ingingo 10 z’ibintu ushobora kuba utaramenye kuri uyu munyabigwi birimo ko yigeze...
3 February 2025 Yasuwe: 1018 0

Ubwo yifurizaga isabukuru y’amavuko Mutesi...

Ubwo yifurizaga isabukuru y’amavuko Mutesi Nadia bamaze igihe bakundana ariko batifuza ko bijya hanze, David Bayingana kwihangana byamunaniye agaragaza akari ku mutima we ndetse yereka...
3 February 2025 Yasuwe: 709 0