skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

Juma Jux yakoze mu nganzo aririmbira umwana we ukiri mu nda

Umuhanzi wo muri Tanzania, Juma Jux, yashyize hanze indirimbo yo gushimira Imana yamuhaye umugisha umugore we akaba atwite bitegura kwakira imfura yabo
28 July 2025 Yasuwe: 251 0

Ituri: Kiliziya yafunze imiryango nyuma y’igitero cya CODECO

Umushumba wa Diyosezi Gatolika ya Bunia, Musenyeri Dieudonné Uringi, yafashe icyemezo cyo gufunga Kiliziya ya Paruwasi ya Saint Jean de Capistran iherereye muri teritwari ya Djugu mu Ntara ya Ituri...
28 July 2025 Yasuwe: 407 0

Ibyaha bishingiye ku bucukuzi bw’amabuye y’agaciro abantu batitaho

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rugaragaza ko hari ibyaha bwo kwangiza ibidukikije abantu birengagiza bakisanga mu bihano byabyo kandi bitoroheje kuko harimo n’ibihanishwa igifungo no...
28 July 2025 Yasuwe: 164 0

Kiliziya yitabaje abapadiri b’uburanga mu kugeza ubutumwa ku rubyiruko

Kiliziya Gatolika ku Isi yatumiye i Roma bamwe mu bapadiri basanzwe bakundwa n’abantu ku mbuga nkoranyambaga, kubera uburanga n’imiterere y’imibiri yabo, kugira ngo bafashe urubyiruko kumva neza...
28 July 2025 Yasuwe: 286 0

Koreya ya Ruguru yatangaje ko idashishikajwe no kwiyunga n’iy’Epfo

Mushiki wa Perezida wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong Un, yatangaje ko igihugu cye kidashishikajwe no kwiyunga na Koreya y’Epfo.
28 July 2025 Yasuwe: 198 0

Nyamasheke: Abarenga 3000 bagiye gufashwa kubona inzu zo kubamo

Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyamasheke ku bufatanye n’abafatanyabikorwa batandukanye bwatangaje ko bugiye gufasha imiryango irenga 3000 kubona inzu zo kubamo.
28 July 2025 Yasuwe: 129 0

USA: Abantu 11 baterewe ibyuma mu iguriro

Abantu 11 bari mu iguriro muri Leta ya Michigan batewe ibyuma barakomereka, ukekwaho iki cyaha ahita atabwa muri yombi.
27 July 2025 Yasuwe: 479 0

Perezida Trump yasabye Cambodia na Thailand guhagarika imirwano

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump, yavuze ko yahamagaye abayobozi ba Cambodia na Thailand, abasaba guhita bahagarika imirwano imaze iminsi ibera ku mupaka.
27 July 2025 Yasuwe: 617 0

Nyarugenge: Umusore yafatanywe ibilo bine by’urumogi abivanye i Burera

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko yafashe umusore w’imyaka 18 afite ibilo bine by’urumogi yari avanye i Burera agiye kubigurisha mu Mujyi wa Kigali.
27 July 2025 Yasuwe: 474 0

Murumuna wa Museveni yavuze ko yacanye agatadowa, arara hasi, mukuru we ari Perezida

Aine Kaguta Sodo, umuvandimwe wa Perezida Yoweri Kaguta Museven yavuze ko mu buzima yabayeho yihigira imibereho, ndetse yakoze imirimo itandukanye agenda azamuka gake gake kugeza aho ari ubu.
27 July 2025 Yasuwe: 3677 0