Umushumba wa Diyosezi Gatolika ya Bunia, Musenyeri Dieudonné Uringi, yafashe icyemezo cyo gufunga Kiliziya ya Paruwasi ya Saint Jean de Capistran iherereye muri teritwari ya Djugu mu Ntara ya Ituri...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyamasheke ku bufatanye n’abafatanyabikorwa batandukanye bwatangaje ko bugiye gufasha imiryango irenga 3000 kubona inzu zo kubamo.
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump, yavuze ko yahamagaye abayobozi ba Cambodia na Thailand, abasaba guhita bahagarika imirwano imaze iminsi ibera ku mupaka.