skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

Jason Derulo agiye gusezera umuziki

Umuhanzi w’icyamamare Jason Derulo umaze imyaka 16 akora umuziki, yatangaje ko agiye kuwuhagarika nyuma yo gusohora album nshya ari gutegura yise ‘The Last Dance’.
13 March 2025 Yasuwe: 440 0

Dore ibyo uri ku mwanya wa Ministiri w’intebe w’u Rwanda agenerwa kugirango akore inshingano ze neza.

Ni kenshi abantu bajya bibaza ngo ese abayobozi bakuru b’igihugu bemererwa ibinganiki n’amategeko kugirango bakore inshingano zabo neza? ese mu byukuri bahabwa cyangwa se bemererwa ibinganiki mu...
12 March 2025 Yasuwe: 3019 0

Jamie Foxx yijunditse ‘White House’

Jamie Foxx ntabwo yishimiye gusibwa kw’amagambo y’ubukangurambaga ‘Black Lives Matter’ yari yaranditswe i Washington D.C. muri Amerika, mu rwego rwo guhashya irondaruhu rikorerwa abirabura muri iki...
12 March 2025 Yasuwe: 580 0

Gigi Hadid yikomye abibaza ku mubano we na Zayn Malik babyaranye

Umunyamideli Gigi Hadid yavuze ko we na Zayn Malik bahoze bakundana bakaza gutandukana bafitanye umwana, bafite uko batwara umubano wabo kandi atari ngombwa ko ibyabo byose bijya ku karubanda.
12 March 2025 Yasuwe: 315 0

Ese ni ibiki byari byanditse ku gapapuro Muhire Kevin yahawe ku mukino ikipe ya Rayon sports yanganyijemo na APR FC.

Mu mukino ukomeye wahuje APR FC na Rayon Sports ku Cyumweru, habaye igikorwa cyatumye benshi bibaza byinshi. Kapiteni wa Rayon Sports ariwe Muhire Kevin, yahawe agapapuro maze ahita agasoma bwangu,...
11 March 2025 Yasuwe: 1837 0

Tory Lanez ufunze, yavuze ibyiza bya Chris Brown

Umuraperi w’Umunya-Canada, Tory Lanez, uri gukorera igihano cy’igifungo cy’imyaka 10 muri gereza azira kurasa Megan Thee Stallion, yatangaje ko umuririmbyi Chris Brown ari we wenyine wamufashije ku...
11 March 2025 Yasuwe: 369 0

Miss Vanessa yafatiwe irembo

Miss Uwase Raissa Vanessa yafatiwe irembo n’abo mu muryango wa Dylan Ngenzi bitegura kurushinga muri Kamena 2025.
11 March 2025 Yasuwe: 995 0

Doechii yagizwe umuhanzikazi w’umwaka wa 2025

Billboard izwiho gukora intonde zitandukanye z’abahanzi n’indirimbo bigezweho ku Isi, yagize Jaylah Ji’mya Hickmon uzwi mu muziki nka Doechii, umuhanzikazi w’umwaka wa 2025.
11 March 2025 Yasuwe: 2232 0

Top10. Ibyamamare byize ku ishuri rya Lycee de Kigali

Mu Kinyarwanda baravuga ngo iyimirijwe ikaramu ntirambururwa bishatse kuvuga ko kwiga ukamenya ari kimwe mu byiza umuntu yakabaye yishimira muri ubu buzima, ntawacyerensa umumaro w’ishuri ku buzima...
10 March 2025 Yasuwe: 1873 0

The Ben yayiguze miliyoni 2 Frw: Bwiza yamurikiye album mu Bubiligi igurwa arenga miliyoni 10 Frw

Mu gitaramo cyo kumurika album ye ya kabiri yise ‘25 Shades’ yakoreye mu Bubiligi, Bwiza yayicuruje arenga miliyoni 10 Frw, zirimo ebyiri zatanzwe na The Ben wahavuye aguze kopi ebyiri buri yose...
10 March 2025 Yasuwe: 325 0