Umuhanzi w’icyamamare Jason Derulo umaze imyaka 16 akora umuziki, yatangaje ko agiye kuwuhagarika nyuma yo gusohora album nshya ari gutegura yise ‘The Last Dance’.
Umunyamideli Gigi Hadid yavuze ko we na Zayn Malik bahoze bakundana bakaza gutandukana bafitanye umwana, bafite uko batwara umubano wabo kandi atari ngombwa ko ibyabo byose bijya ku karubanda.
Mu mukino ukomeye wahuje APR FC na Rayon Sports ku Cyumweru, habaye igikorwa cyatumye benshi bibaza byinshi. Kapiteni wa Rayon Sports ariwe Muhire Kevin, yahawe agapapuro maze ahita agasoma bwangu,...
Umuraperi w’Umunya-Canada, Tory Lanez, uri gukorera igihano cy’igifungo cy’imyaka 10 muri gereza azira kurasa Megan Thee Stallion, yatangaje ko umuririmbyi Chris Brown ari we wenyine wamufashije ku...
Billboard izwiho gukora intonde zitandukanye z’abahanzi n’indirimbo bigezweho ku Isi, yagize Jaylah Ji’mya Hickmon uzwi mu muziki nka Doechii, umuhanzikazi w’umwaka wa 2025.
Mu gitaramo cyo kumurika album ye ya kabiri yise ‘25 Shades’ yakoreye mu Bubiligi, Bwiza yayicuruje arenga miliyoni 10 Frw, zirimo ebyiri zatanzwe na The Ben wahavuye aguze kopi ebyiri buri yose...