Umukinnyi wa filime ukomoka mu Bubiligi, Émilie Dequenne, wakunzwe mu zirimo ‘Rosetta’, ‘Not My Type’ n’izindi, yitabye Imana azize indwara ya kanseri ku myaka 43 y’amavuko.
Jennifer Lopez yatangiye umugambi wo kwihimura ku mukinnyi wa filime Ben Affleck baherutse gutandukana, akamushinja kuba yaramubabaje akanamutesha umwanya.
Ubwo yari mu Rwanda aho yakoreye igitaramo ku wa 21 Gashyantare 2025, John Legend yagize umwanya wo gusura ibice bitandukanye by’u Rwanda birimo na Pariki y’Igihugu y’Ibirunga ibarizwamo ingagi.
Miss Muyango na Juno Kizigenza bamaze iminsi mu Mujyi wa Paris, bari mu bihumbi by’abarebye umukino wa Paris Saint Germain ndetse na Marseille FC, wabereye muri ‘Stade Parc des Princes’ ku wa 16...
Ni kenshi abantu bajya bibaza ngo ese bamwe mu bayobozi bagenerwa ibinganiki n’amategeko , ese bahembwa amafaranga anganiki ? muriyi nkuru mutwemerere turebere hamwe ibyo Mayor w’umujyi wa Kigali...
Nyuma y’imyaka isaga 20 nta album nshya ashyira hanze, icyamamare muri sinema no mu muziki Will Smith, yatangaje ko album ye nshya yise “Based on a True Story” izasohoka tariki ya 28 Werurwe 2025.
Ni kenshi abantu bajya bibaza ngo ese perezida wa Repubulika ahembwa amafaranga angana iki ? ese ni ibiki yemererwa n’amategeko n’ibindi byinshi , gusa ibyo umukuru w’igihugu yemererwa bigenwa...