Alain mukuralinda Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’U Rwanda , uri muri koma mugoroba wo kuri uyu wa Kane tariki 3 Mata 2025, azize uburwayi. Mukuralinda wamenyekanye ku izina rya “Alain Muku”...
Umuraperi Hakizimana Amani [Ama G The Black] yatangaje ko yahawe uburozi mu biryo ubwo yiteguraga kuririmba mu gitaramo gikomeye yamurikiyemo Album ye yise “Ibishingwe”, ndetse ko yaje kumenya...
Nyuma y’urupfu rutunguranye rwa Miller Gardner, umuhungu w’imyaka 14 wa Brett Gardner, wahoze ari umukinnyi wa New York Yankees, icyateye urupfu rwe cyamaze kumenyekana.
Nyuma yo gutanga ubuhamya mu rukiko ko mu mwaka wa 2015, abarimo LeBron James na Beyonce babonye ihohoterwa P Diddy yamukoreye mu mwaka wa 2015, aba bombi bamwihakanye.
Umugabo wo muri Afurika y’Epfo yemeye ko yishe umwana we w’iminsi 7 nyuma yo kumusambanya mu buryo bw’agahomamunwa mu gihe nyina w’uyu mwana yari yagiye kugurisha imyenda.
Niba uri umuntu ukurikirana bya hafi umuziki ndetse ukaba udatangiye kuwukurikirana mu minsi ya vuba , uzi indirimbo Yitwa Kigoma yahurije hamwe abahanzi bakomoka mu gace ka Kigoma muri Tanzania....
Umukinnyi wa filime, Sydney Sweeney n’uwari umukunzi we, Jonathan Davino bahisemo gutandukana burundu nyuma yo guhagarika ubukwe bwabo mu kwezi gushize kwa Werurwe.
Uyu ni umuhanzi w’Izina riremereye cyane mu muziki nyarwanda, ni inkuba ndetse akaba icyogere mu njyana ya Rap hano mu Rwanda. mu myaka irenga 15 amaze akora umuziki nta muntu numwe ushidikanya ku...