skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

Alain Mukuralinda Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’ U Rwanda ari muri koma

Alain mukuralinda Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’U Rwanda , uri muri koma mugoroba wo kuri uyu wa Kane tariki 3 Mata 2025, azize uburwayi. Mukuralinda wamenyekanye ku izina rya “Alain Muku”...
4 April 2025 Yasuwe: 2001 0

Inkuru y’uburyo Amag the Black yarozwe n’Umuntu we wa hafi

Umuraperi Hakizimana Amani [Ama G The Black] yatangaje ko yahawe uburozi mu biryo ubwo yiteguraga kuririmba mu gitaramo gikomeye yamurikiyemo Album ye yise “Ibishingwe”, ndetse ko yaje kumenya...
3 April 2025 Yasuwe: 1091 0

Icyateye urupfu rw’umuhungu wa Brett Gardner wa New York Yankees cyagiye ahagaragara

Nyuma y’urupfu rutunguranye rwa Miller Gardner, umuhungu w’imyaka 14 wa Brett Gardner, wahoze ari umukinnyi wa New York Yankees, icyateye urupfu rwe cyamaze kumenyekana.
3 April 2025 Yasuwe: 622 0

Menya Abakinnyi 10 batsindiye ikipe y’igihugu Amavubi ibitego byinshi mu mateka yayo

Ikipe y’Igihugu Amavubi yagize abakinnyi benshi batandukanye bafite impano ziri ku rwego rutandukanye, Amavubi yatsindiwe ibitego n’abakinnyi batandukanye kandi mu bihe bitandukanye. ariko se ni...
2 April 2025 Yasuwe: 2214 0

Dore urutonde rwa bakire 10 ba mbere muri afurika.

Sibwo bwa mbere twese twaba twumvise izina Itangishaka ibi bishatse kuvugako icyo Imana itaguhaye ntakucyibihatira kugitanga ku ngufu ibi birimo ; amaronko atandukanye, ubwenge , urubyaro ,...
2 April 2025 Yasuwe: 2839 0

LeBron James na Beyonce bihakanye umugabo ushinja P Diddy kumwambika ’Mask’ y’igitsina cy’abagabo akayitemberana

Nyuma yo gutanga ubuhamya mu rukiko ko mu mwaka wa 2015, abarimo LeBron James na Beyonce babonye ihohoterwa P Diddy yamukoreye mu mwaka wa 2015, aba bombi bamwihakanye.
2 April 2025 Yasuwe: 482 0

Afrika y’Epfo: Umugabo yemeye ko yishe umwana we w’iminsi 7 nyuma yo kumusambanya

Umugabo wo muri Afurika y’Epfo yemeye ko yishe umwana we w’iminsi 7 nyuma yo kumusambanya mu buryo bw’agahomamunwa mu gihe nyina w’uyu mwana yari yagiye kugurisha imyenda.
2 April 2025 Yasuwe: 417 0

Sobanukirwa byinshi ku buzima bw’Umukobwa wagaragaye mu Mashusho y’indirimbo Kigoma muri 2012.

Niba uri umuntu ukurikirana bya hafi umuziki ndetse ukaba udatangiye kuwukurikirana mu minsi ya vuba , uzi indirimbo Yitwa Kigoma yahurije hamwe abahanzi bakomoka mu gace ka Kigoma muri Tanzania....
1 April 2025 Yasuwe: 1307 0

Sydney Sweeney yatandukanye n’umukunzi we biteguraga kurushinga nyuma y’imyaka 7 bakundana

Umukinnyi wa filime, Sydney Sweeney n’uwari umukunzi we, Jonathan Davino bahisemo gutandukana burundu nyuma yo guhagarika ubukwe bwabo mu kwezi gushize kwa Werurwe.
1 April 2025 Yasuwe: 238 0

Ahiga ishoka ku mazina menshi , menya amazina 50 umuraperi Bulldog yitwa.

Uyu ni umuhanzi w’Izina riremereye cyane mu muziki nyarwanda, ni inkuba ndetse akaba icyogere mu njyana ya Rap hano mu Rwanda. mu myaka irenga 15 amaze akora umuziki nta muntu numwe ushidikanya ku...
1 April 2025 Yasuwe: 848 0