skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

Danemark: Inyamaswa z’inkazi zabuze ibiryo, hitabazwa inkoko n’inkwavu zo mu ngo

Imwe mu nzu zororerwamo inyanswa z’inkazi m Mujyi wa Aalborg muri Danemark yatangiye gusaba abaturage kuyiha amatungo magufi batagikeneye, kugira ngo ahinduke ibiryo ku nyamaswa z’inkazi.
7 August 2025 Yasuwe: 599 0

Nyanza: Batatu batawe muri yombi bakekwaho urupfu rw’umusore wamaze icyumweru yarabuze

Abantu batatu bo mu Karere ka Nyanza, Umurenge wa Rwabicuma bari mu maboko y’ubugenzacyaha (RIB), bakekwaho kugira uruhare mu rupfu rw’umusore w’imyaka 19, wari umaze icyumweru yaraburiwe irengero...
7 August 2025 Yasuwe: 490 0

Umusaruro w’inganda wazamutseho 8.5% muri Kamena 2025

Raporo nshya y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare, NISR, igaragaza ko umusaruro w’inganda wazamutseho 8.5% muri Kamena 2025, ugereranyije n’ukwezi nk’uko mu 2024.
6 August 2025 Yasuwe: 179 0

Diamond Platnumz akeka ko bamwe mu bana afite atari abe

Diamond Platnumz yemeye ko atazi neza umubare nyawo w’abana yabyaye, kandi ko ashidikanya niba abo bivugwa ko yabyaranye n’abagore batandukanye bose ari abe koko.
6 August 2025 Yasuwe: 1132 0

Abana b’ingagi 40 bazitwa izina muri Nzeri

Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB) rwatangaje ko umuhango wo kwita izina abana b’ingagi uteganyijwe tariki 5 Nzeri 2025, mu Kinigi hafi na Pariki y’Igihugu y’Ibirunga.
6 August 2025 Yasuwe: 329 0

Amb. Nzabamwita yasobanuriye Abarusiya uburyo Umuganura ari inkingi ya mwamba mu iterambere ry’u Rwanda

Ambasaderi w’u Rwanda mu Burusiya, Gen Maj Joseph Nzabamwita, yayoboye ibirori byo kwizihiza Umunsi w’Umuganura byateguwe n’Abanyarwanda baba mu Burusiya, asobanurira Abarusiya bifatanyije na bo,...
6 August 2025 Yasuwe: 363 0

Urujijo ku nkomoko y’ikimeze nk’igikoresho cy’ikivejuru cyanyuze mu isanzure rigaragiye Izuba

Mu isanzure rigaragiye Izuba [système solaire], ku wa 1 Nyakanga 2025, ikoranabuhanga rya ATLAS rigizwe na telescope zitahura amabuye ashobora kugonga Isi, yabonye ikintu kitari gisanzwe, kigenda...
6 August 2025 Yasuwe: 733 0

SIDA isya itanzitse mu basirikare b’u Burusiya bari mu ntambara muri Ukraine

Minisiteri y’Ingabo mu Burusiya yatangaje ko umubare w’abasirikare bandura agakoko gatera SIDA watumbagiye kuva muri Gashyantare 2022 ubwo batangiraga intambara muri Ukraine.
6 August 2025 Yasuwe: 898 0

Ideni ry’u Bufaransa ryiyongeraho 5000€ buri segonda

Minisitiri w’Intebe w’u Bufaransa, François Bayrou, yasabye abaturage gushyigikira gahunda ye yo kugabanya amafaranga Leta isohora, ababurira ko ideni ry’igihugu ryiyongeraho ibihumbi 5€ buri...
6 August 2025 Yasuwe: 304 0

FDLR na FARDC byagabye ibitero ku Banyamulenge

Umutwe wa MRDP - Twirwaneho watangaje ko Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) n’umutwe wa FDLR byagabye ibitero ku Banyamulenge batuye mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo.
6 August 2025 Yasuwe: 604 0