skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

Ahembwa arenga miliyari 38frw y’U Rwanda ku mwaka Ariko yiberaho nkudatunze byinshi.

Mu gihe bamwe mu bakinnyi bahamagawe mu makipe y’ibihugu byabo mu mikino yo gushaka amatike yo gukina ibikombe bitandukanye, N’golo Kante ntabwo kuri iyi nshuro yahamagawe mu ikipe y’igihugu...
20 March 2025 Yasuwe: 5494 0

Fireman yasoje urugendo rwo kwivuriza mu kigo ngororamuco i Huye

Fireman wamamaye mu ndirimbo zinyuranye kuva mu myaka 20 ishize, yari muri iki kigo cy’i Huye kuva mu mpera za Mutarama 2025, aho yari yijyanye nyuma yo gusanga akeneye umwanya wo kwiyitaho no...
20 March 2025 Yasuwe: 388 0

inkuru y’ubujura bw’indirimbo za Eminem yaje kuba impamo

inkuru y’ubujura kuwahoze ari mukozi wa eminem yaje kuba impamo iyi nkuru y’ubujura yamenyekanye myuma y’uko abakozi ba studio ya Eminem, ihereye muri Ferndale,Michian,babonye indirimbo...
20 March 2025 Yasuwe: 757 0

Dore bamwe mu byamamare mu myidagaduro yo mu Rwanda bagiye bakora imirimo itandukanye muri guverinoma y’U Rwanda.

Rimwe na rimwe abantu birabagora kumvako umuntu yaba umuhanzi ndetse akabasha kuba yabifatanya nindi mirimo irimo niya Leta , gusa burya bijya bibaho ndetse birashoboka ko umuhanzi, umunyamakuru ,...
20 March 2025 Yasuwe: 1150 0

John Legend agiye kuzenguruka Isi mu bitaramo byo kwizihiza imyaka 20 amaze asohoye album ya mbere

John Legend uherutse i Kigali mu gitaramo cya ’Move Afrika,’ yateguje ibitaramo bizenguruka Amerika n’u Burayi mu rwego rwo kwizihiza imyaka 20 ishize asohoye album ya mbere yise ‘Get lifted’.
20 March 2025 Yasuwe: 93 0

Top7, abaperezida bato mu myaka kurenza abandi bose muri afurika.

Ni inshuro nyinshi umugabane wa afurika ushinjwa kugira abaperezida bakuze cyane ndetse barambye ku butegetsi ariko ku rundi ruhande wavugako ibyo ari ibya afurika yo mu myaka 50 ishize kuko uyu...
19 March 2025 Yasuwe: 2292 0

Kim Kardashian na Kanye West ntibarigucana uwaka

Rurageretse hagati ya Kim Kardashian umaze kwamamara nk’umwe mu bagore bubatse izina mu mideli no ku mbuga nkoranyambaga na Kanye West wahoze ari umugabo we, nyuma y’aho uyu mugabo ashyize hanze...
19 March 2025 Yasuwe: 447 0

Menya umushahara ndetse n’ibindi byose Perezida wa Sena y’u Rwanda agenerwa kugirango akore akazi ke neza.

Mu ruhererekane rw’inkuru zihariye dusigaye tubagezaho twagiye turebera hamwe imishahara ya bayobozi bakuru b’igihugu batandukanye barimo Perezida wa Repubulika, Mnistiri w’intebe , Guverineri wa...
18 March 2025 Yasuwe: 1223 0

Émilie Dequenne yitabye Imana

Umukinnyi wa filime ukomoka mu Bubiligi, Émilie Dequenne, wakunzwe mu zirimo ‘Rosetta’, ‘Not My Type’ n’izindi, yitabye Imana azize indwara ya kanseri ku myaka 43 y’amavuko.
18 March 2025 Yasuwe: 744 0

Jennifer Lopez mu mugambi wo kwihimura kuri Ben Affleck batandukanye

Jennifer Lopez yatangiye umugambi wo kwihimura ku mukinnyi wa filime Ben Affleck baherutse gutandukana, akamushinja kuba yaramubabaje akanamutesha umwanya.
18 March 2025 Yasuwe: 1366 0