Mu gihe bamwe mu bakinnyi bahamagawe mu makipe y’ibihugu byabo mu mikino yo gushaka amatike yo gukina ibikombe bitandukanye, N’golo Kante ntabwo kuri iyi nshuro yahamagawe mu ikipe y’igihugu...
Fireman wamamaye mu ndirimbo zinyuranye kuva mu myaka 20 ishize, yari muri iki kigo cy’i Huye kuva mu mpera za Mutarama 2025, aho yari yijyanye nyuma yo gusanga akeneye umwanya wo kwiyitaho no...
inkuru y’ubujura kuwahoze ari mukozi wa eminem yaje kuba impamo
iyi nkuru y’ubujura yamenyekanye myuma y’uko abakozi ba studio ya Eminem, ihereye muri Ferndale,Michian,babonye indirimbo...
John Legend uherutse i Kigali mu gitaramo cya ’Move Afrika,’ yateguje ibitaramo bizenguruka Amerika n’u Burayi mu rwego rwo kwizihiza imyaka 20 ishize asohoye album ya mbere yise ‘Get lifted’.
Ni inshuro nyinshi umugabane wa afurika ushinjwa kugira abaperezida bakuze cyane ndetse barambye ku butegetsi ariko ku rundi ruhande wavugako ibyo ari ibya afurika yo mu myaka 50 ishize kuko uyu...
Rurageretse hagati ya Kim Kardashian umaze kwamamara nk’umwe mu bagore bubatse izina mu mideli no ku mbuga nkoranyambaga na Kanye West wahoze ari umugabo we, nyuma y’aho uyu mugabo ashyize hanze...
Umukinnyi wa filime ukomoka mu Bubiligi, Émilie Dequenne, wakunzwe mu zirimo ‘Rosetta’, ‘Not My Type’ n’izindi, yitabye Imana azize indwara ya kanseri ku myaka 43 y’amavuko.
Jennifer Lopez yatangiye umugambi wo kwihimura ku mukinnyi wa filime Ben Affleck baherutse gutandukana, akamushinja kuba yaramubabaje akanamutesha umwanya.