Tariki ya 6 Mata 2025 yabaye idasanzwe mu rugendo rw’umuziki wa Bruce Melodie kuko yakabije inzozi zo kwemeranya na Diamond Platnumz gukorana indirimbo. Ni igihangano cyunga mu nzozi ze zo kuba...
Itsinda rya B2C Music rizwi nka "Kampala Boys" ryaraye ritangaje gahunda yo kwizihiza isabukuru y’imyaka 10 rimaze mu muziki binyuze mu gitaramo gikomeye kizabera muri Hotel Africana I Kampala,...
Umuraperi Bull Dogg uri mu bahanzi bakomeye mu Rwanda, yagaragaje ko yanyuzwe cyane n’uburyo Arsenal ikomeje kwitwara neza, aboneraho gusaba Perezida wa Repubulika kuzamugurira itike yo kujya...
INAMA Y’UMUTEKANO: Umugore uvugwa muri Dosiye ya Meya Ntazinda Erasme ni muntu ? Ese Urugendo yari afite muri Vietnam ruhuriye he no gufungwa kwe? Tubane mu kiganiro “INAMA Y’UMUTEKANO”
Ubushakashatsi bwa karindwi ku mibereho y’ingo (EICV7) bwagaragaje ko ingo zikoresha ibicanwa bibungabunga ibidukikije mu Rwanda zageze kuri 5,4% mu 2024 zivuye kuri 1% mu 2017.
Teta Sandra usanzwe ubana na Weasel bamaze igihe bakundana ndetse kugeza ubu bakaba bafitanye abana babiri, yahawe impano y’imodoka n’uyu mugabo we uri mu bafite izina rikomeye mu muziki wa Uganda.
Umuyobozi wa Sosiyete ya 1: 55 AM, Kenny Mugarura yatangaje ko bagifitanye amasezerano y’imikoranire na Element Eleéeh kandi ko yubahirizwa n’impande zombi, ariko ko hari ibice biyagize bituma...