skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

Burundi: Umuhanzikazi Mow Kanzie yakoze ubukwe

Mu butumwa Mow Kanzie yashyize ku mbuga nkoranyambaga yagaragaje ko yakoze ubukwe mu buryo bwemewe n’amategeko ku wa 23 Werurwe 2025, mu birori byakurikiye ibindi bari bakoze mbere birimo imihango...
20 April 2025 Yasuwe: 354 0

Amarenga y’urukundo hagati y’umuhanzikazi Là Reïna ba Prince Kiiiz

Prince Kiiiz uri mu batunganya indirimbo bamaze kumenyekana mu Rwanda, yaciye amarenga y’urwo akunda umuhanzikazi Là Reïna, asanzwe anafasha mu bijyanye n’ umuziki
20 April 2025 Yasuwe: 259 0

Lady Gaga ubwo yarari mu iserukira muco rya ‘Caochella’; yatengushywe n’ibyuma

Lady Gaga uri mu bahanzi bakomeye ku Isi yatengushywe n’indangururamajwi, mu iserukiramuco rya Coachella avuga ko ibyo bibazo byatumye abantu babona ko ashoboye kuririmba mu buryo bwa ‘Live’.
20 April 2025 Yasuwe: 321 0

Kanye West yongeye guhuza urugwiro na Bianca Censori batandukanye

Nyuma y’iminsi mike Kanye West avuze ko we n’umugore we, Bianca Censori batandukanye, bongeye kugaragara bahuje urugwiro bari muri Espagne, basangira ibya ni mugoroba.
20 April 2025 Yasuwe: 841 0

Kilimobenecyo wahanze Ibendera ry’Igihugu, Ikirangantego n’inote ya 5000 Frw; yitabye Imana

Kilimobenecyo Alphonse, umwe mu banyabugeni b’abahanga u Rwanda rwagize mu mateka, ntakiri kuri Isi. Yitabye Imana mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatandatu afite imyaka 66 y’amavuko.
19 April 2025 Yasuwe: 2165 0

Filime ya Joël Karekezi ivuga ku musirikare warokoye benshi muri Jenoside yatsindiye amafaranga menshi

Filime ya Joël Karekezi ivuga ku musirikare w’Umunya-Sénégal warokoye benshi muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, yahawe akayabo mu Kigega cyo guteza imbere inganda za sinema n’ibikorwa...
19 April 2025 Yasuwe: 632 0

U Rwanda rwemereye inzira Ingabo za SADC ziri i Goma

U Rwanda rwemereye inzira Ingabo za SADC ziri mu Burasirazuba bwa Congo mu Mujyi wa Goma kugira ngo zibone uko zisubira mu bihugu byazo nyuma y’aho gahunda zari zaremeranyijwe na M23 yo kunyura ku...
19 April 2025 Yasuwe: 1071 0

Minisitiri Phiona Nyamutoro, umugore wa Eddy Kenzo yayoboye amashusho y’indirimbo ye nshya

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri ishinzwe Ubucukuzi bw’Amabuye y’Agaciro muri Uganda, Phiona Nyamutoro, yagaragaye mu ruhare rudasanzwe mu ruganda rw’imyidagaduro, ubwo yafashaga umugabo we...
19 April 2025 Yasuwe: 556 0

Element yinjijwe muri Album ya Platini P na Nel Ngabo ifite ishingiro kuri ‘Black Panther’

Umuhanzi akaba n’umuhanga mu gutunganya umuziki (Producer), Element Eleeeh, ari mu bayoboye urugendo rwo gukora zimwe mu ndirimbo zizagaragara kuri Album nshya ya "Vibranium" y’abahanzi Rwangabo...
18 April 2025 Yasuwe: 202 0

Drake yitabaje inkiko ashinja UMG n’indirimbo ya Kendrick kumwangiriza izina

Umuraperi w’icyamamare ukomoka muri Canada, Drake, ari mu ntambara y’amategeko n’inzu itunganya umuziki ya Universal Music Group (UMG), ayishinja kugira uruhare mu gusenya izina rye binyuze mu...
18 April 2025 Yasuwe: 166 0