Zari yashimangiye ko abana yabyaranye na Diamond ari ab’uyu mugabo mu buryo budashidikanywaho, nyuma y’uko hari abaketse ko ari we watunzwe urutoki, ubwo uyu muhanzi yavugaga ko hari abana arera...
Abasirikare babiri bo muri Somalia bakatiwe urwo gupfa nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo gukorana n’umutwe w’iterabwoba wa Al Shabaab, bakagira uruhare mu kwica umuyobozi wabo.
Umukinnyi w’ikipe y’igihugu ya Portugal na Al Nassr yo muri Portugal, Cristiano Ronaldo, yasabye Georgina Rodriguez kumubera umugore aho hifashishijwe impeta y’arenga Miliyari 7 z’Amanyarwanda.
Abadepite 51 bo mu ishyaka ry’Aba-Démocrates muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bandikiye Perezida Donald Trump na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Marco Rubio, babasaba ibisobanuro ku masezerano...
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yavuze ko mu nama afitanye na Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, iminota ibiri ya mbere izamwereka niba uyu mugabo afite umugambi wo...
Ubucukuzi bw’umucanga waturutse mu migezi yo mu Karere ka Rutsiro, bwinjirije aka karere imisoro n’amahoro agera kuri miliyoni 450,979,241 Frw, mu mwaka w’ingengo y’imari wa 2024/25.