Mu butumwa Mow Kanzie yashyize ku mbuga nkoranyambaga yagaragaje ko yakoze ubukwe mu buryo bwemewe n’amategeko ku wa 23 Werurwe 2025, mu birori byakurikiye ibindi bari bakoze mbere birimo imihango...
Prince Kiiiz uri mu batunganya indirimbo bamaze kumenyekana mu Rwanda, yaciye amarenga y’urwo akunda umuhanzikazi Là Reïna, asanzwe anafasha mu bijyanye n’ umuziki
Lady Gaga uri mu bahanzi bakomeye ku Isi yatengushywe n’indangururamajwi, mu iserukiramuco rya Coachella avuga ko ibyo bibazo byatumye abantu babona ko ashoboye kuririmba mu buryo bwa ‘Live’.
Nyuma y’iminsi mike Kanye West avuze ko we n’umugore we, Bianca Censori batandukanye, bongeye kugaragara bahuje urugwiro bari muri Espagne, basangira ibya ni mugoroba.
Kilimobenecyo Alphonse, umwe mu banyabugeni b’abahanga u Rwanda rwagize mu mateka, ntakiri kuri Isi. Yitabye Imana mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatandatu afite imyaka 66 y’amavuko.
Filime ya Joël Karekezi ivuga ku musirikare w’Umunya-Sénégal warokoye benshi muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, yahawe akayabo mu Kigega cyo guteza imbere inganda za sinema n’ibikorwa...
U Rwanda rwemereye inzira Ingabo za SADC ziri mu Burasirazuba bwa Congo mu Mujyi wa Goma kugira ngo zibone uko zisubira mu bihugu byazo nyuma y’aho gahunda zari zaremeranyijwe na M23 yo kunyura ku...
Umuhanzi akaba n’umuhanga mu gutunganya umuziki (Producer), Element Eleeeh, ari mu bayoboye urugendo rwo gukora zimwe mu ndirimbo zizagaragara kuri Album nshya ya "Vibranium" y’abahanzi Rwangabo...
Umuraperi w’icyamamare ukomoka muri Canada, Drake, ari mu ntambara y’amategeko n’inzu itunganya umuziki ya Universal Music Group (UMG), ayishinja kugira uruhare mu gusenya izina rye binyuze mu...