skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

Zari yahaye gasopo abashidikanya ku bana yabyaranye na Diamond

Zari yashimangiye ko abana yabyaranye na Diamond ari ab’uyu mugabo mu buryo budashidikanywaho, nyuma y’uko hari abaketse ko ari we watunzwe urutoki, ubwo uyu muhanzi yavugaga ko hari abana arera...
12 August 2025 Yasuwe: 478 0

Pavelh Ndzila mu biganiro na Rayon Sports

Umunyezamu w’Umunya-Congo Brazzaville, Pavelh Ndzila uherutse gutandukana na APR FC, ageze kure ibiganiro n’ubuyobozi bwa Rayon Sports kugira ngo azayikinire mu mwaka utaha.
12 August 2025 Yasuwe: 600 0

Weasel yasezerewe mu bitaro

Weasel wari umaze iminsi mu bitaro nyuma yo kugongwa n’umugore we Teta Sandra, yasezerewe aho azakomeza kwitabwaho n’abaganga ariko ari mu rugo rwe.
12 August 2025 Yasuwe: 713 0

Imirimo yo gutunganya hegitari ibihumbi 10 mu Cyanya cy’Ubuhinzi cya Gabiro igiye gutangira

Ubuyobozi bw’umushinga Gabiro Agri Business Hub bwatangaje ko imirimo y’icyiciro cya kabiri cyo gutunganya hegitari ibihumbi 10 igiye gutangira nyuma y’uko icyiciro cya mbere kirangiye kuri ubu...
12 August 2025 Yasuwe: 329 0

Somalia: Abasirikare bahamijwe icyaha cyo gukorana na Al shabaab bishwe

Abasirikare babiri bo muri Somalia bakatiwe urwo gupfa nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo gukorana n’umutwe w’iterabwoba wa Al Shabaab, bakagira uruhare mu kwica umuyobozi wabo.
12 August 2025 Yasuwe: 497 0

Ubushobozi bwa EU bwo gushyigikira Ukraine mu ntambara bushidikanywaho

Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) wiyemeje kongera ubufasha uha Ukraine mu gihe ikomeje intambara n’u Burusiya, ariko umusanzu witezweho gutanga ni muke ugereranyije n’uwo Leta Zunze Ubumwe za...
12 August 2025 Yasuwe: 382 0

Hifashishijwe impeta y’arenga Miliyari 7 Frw! Cristiano Ronaldo yasabye Georgina Rodríguez kumubera umugore

Umukinnyi w’ikipe y’igihugu ya Portugal na Al Nassr yo muri Portugal, Cristiano Ronaldo, yasabye Georgina Rodriguez kumubera umugore aho hifashishijwe impeta y’arenga Miliyari 7 z’Amanyarwanda.
12 August 2025 Yasuwe: 717 0

Abadepite basabye Trump gusobanura iby’amasezerano Amerika iteganya kugirana na RDC

Abadepite 51 bo mu ishyaka ry’Aba-Démocrates muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bandikiye Perezida Donald Trump na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Marco Rubio, babasaba ibisobanuro ku masezerano...
12 August 2025 Yasuwe: 520 0

Trump yavuze icyo yiteze mu nama na Putin

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yavuze ko mu nama afitanye na Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, iminota ibiri ya mbere izamwereka niba uyu mugabo afite umugambi wo...
12 August 2025 Yasuwe: 313 0

Rutsiro: Imisoro n’amahoro bikomoka ku mucanga byinjije arenga miliyoni 450 Frw

Ubucukuzi bw’umucanga waturutse mu migezi yo mu Karere ka Rutsiro, bwinjirije aka karere imisoro n’amahoro agera kuri miliyoni 450,979,241 Frw, mu mwaka w’ingengo y’imari wa 2024/25.
12 August 2025 Yasuwe: 189 0