skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

Ukraine yemereye abasore gusohoka mu gihugu

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yategetse ubuyobozi bwe ko bukwiriye kwemerera abasore bari munsi y’imyaka 22 kuba bava mu gihugu bakajya mu bindi bihugu byo mu mahanga.
13 August 2025 Yasuwe: 430 0

Hari gukorwa amadarubindi y’akataraboneka azafasha abafite ibibazo byo kutumva neza

Abashakashatsi bo muri kaminuza zitandukanye muri Écosse bari gukora amadarubindi afite umwihariko wo gufasha abantu bafite ibibazo byo kutumva neza.
13 August 2025 Yasuwe: 231 0

Abofisiye ba RDF na RCS mu bashinjwa muri dosiye ya APR FC

Urukiko rwa Gisirikare rwa Nyamirambo kuri uyu wa 13 Kanama 2025, rwatangiye kuburanisha abantu barenga 20 barimo abofisiye mu Ngabo z’u Rwanda, mu Rwego rw’Igihugu rushinzwe Igorora (RCS)...
13 August 2025 Yasuwe: 3979 0

Ukraine yarahiye ko nta butaka bwayo buzomekwa ku Burusiya

Perezida Volodymyr Zelensky yamaramaje ko Ukraine itazigera ireka akarere ka Donbas ngo gatwarwe n’Uburusiya nk’ingurane kugira ngo habeho agahenge k’intambara imaze igihe yarashegeshe igihugu cye.
13 August 2025 Yasuwe: 282 0

Gitifu w’Umurenge wa Kansi yitabye Imana

Nsanzimana Théogène, wari umunyamabanga nshingwabikorwa w’Umurenge wa Kansi mu Karere ka Gisagara, yitabye Imana azize uburwayi.
13 August 2025 Yasuwe: 3137 0

Amerika yahannye PARECO-FF yashinzwe n’uwahoze mu buyobozi bwa M23

Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku wa 12 Kanama 2025 zafatiye ibihano umutwe witwaje intwaro wa PARECO-FF (Résistants Patriotes Congolais/Force de Frappe) washinzwe na Sendugu Museveni wahoze mu...
13 August 2025 Yasuwe: 411 0

Mangwende yagarutse mu kibuga nyuma y’amezi umunani adakina

Imanishimwe Emmanuel ‘Mangwende’ ukinira AEL Limassol yo mu Cyiciro cya Mbere muri Chypre n’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, yasubiye mu kibuga nyuma y’amezi umunani yaragize imvune mu ivi.
13 August 2025 Yasuwe: 170 0

Ukraine ishobora kudobya ibiganiro bya Perezida Putin na Trump

Minisiteri y’Ingabo y’u Burusiya yatangaje ko Guverinoma ya Ukraine iri gutegura igitero gikomeye kigamije kudobya inama ikomeye izahuza Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin n’uwa Leta Zunze...
13 August 2025 Yasuwe: 207 0

Musenyeri Mbanda yashenguwe n’Itorero Angilikani rya Wales ryemeye kuyoborwa n’umwe mu baryamana bahuje ibitsina

Umuryango ugamije gukomeza no guha imbaraga inyigisho z’ijambo ry’Imana, GAFCON, wamaganiye kure Itorero Angilikani rya Wales ryafashe icyemezo cyo kuyoborwa na Cherry Vann usanzwe ari umwe mu...
12 August 2025 Yasuwe: 682 0

Alexander Isak ntazongera gukinira Newcastle United

Rutahizamu wa Newcastle United, Alexander Isak, ntabwo ari mu bakinnyi bazifashishwa na yo mu mukino ufungura Shampiyona y’u Bwongereza (Premier League), nyuma y’uko ayitangarije ko atazongera...
12 August 2025 Yasuwe: 697 0