Umuraperi Ish Kevin yinjiye mu mukino wo gusiganwa mu modoka, ndetse yemeza ko azitabira isiganwa ryiswe Sprint Rally 2025-GMT rizabera i Musha ku wa 3 Gicurasi 2025.
Kanye West yivuguruje ku magambo yo gushyigikira Aba-Nazi no gutesha agaciro Jenoside yakorewe Abayahudi yari aherutse gutangaza, icyakora akomeza kugaragaza ko afite uburenganzira bwo kuvuga ibyo...
Spyro yatangaje ko umuziki we wakomeje kudindira nyuma yo gukorana indirimbo na Davido ndetse na Mayorkun, nyamara yari yiteze ko nyuma yo gukorana n’ibi byamamare bizamufasha kuzamura urwego...
Mu minsi yashize inkuru nyamukuru mu myidagaduro yo muri Africa yari inkuru y’ubukwe bwa Juma Jux na Priscilla wo muri Nigeria bwabaye mu gihe cy’iminsi itatu.
Abo muri Nigeria by’umwihariko...
Mu butumwa yashyize kuri X (yahoze ari Twitter) ku wa 21 Mata 2025, Ye yavuze ko yageze kugirana umubano wihariye na mubyara we w’umuhungu bakiri abana, ibintu byakomeje kugeza afite imyaka 14.
Perezida Kagame yihanganishije Kiliziya Gatolika n’Abagatulika bo ku Isi yose, nyuma y’urupfu rwa Papa Francis rwabaye kuri uyu wa 21 Mata 2025, aho yavuze ko yari ikimenyetso cy’imbabazi, kwicisha...
Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), yahagaharitse ibikorwa bya Politiki by’Ishyaka rya Joseph Kabila rizwi nka ‘Parti du Peuple pour la Reconstruction et la Démocratie (PPRD),...