Nyuma yaho ingabo z’Umuryango wa Afurika y’Amajyepfo, SADC, zari mu butumwa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zitahiye ku munsi w’ejo ku wa Kabiri tariki 29 Mata 2025, Minisitiri...
Umuraperi Sean Diddy Combs akomeje guhanyanyaza ashaka impamvu zose zatuma asohoka mu gihome, ndetse kuri ubu ari kuvuga ko gusambanya abagore ku ngufu byari ingaruka zo kunywa ibisindisha...
Bamwe mu badepite bagaragaje ko imikino y’amahirwe itari ikwiye gushyirirwaho imisoro, ahubwo yari ikwiye gukumirwa mu kurengera ubuzima bw’Abaturarwanda.
Ndahiro Natacha yavuze ko nta kintu na kimwe bimutwaye kuba yakina filime ari gusomana n’umusore mu gihe uwayanditse unayiyoboye we yaba abona ko ako gace ntacyo kangiza.