skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

Ukraine: Abagabo barenga ibihumbi 650 bahunze urugamba

Abagabo barenga ibihumbi 650 bo muri Ukraine bafite imyaka yo kujya ku rugamba, bamaze guhunga igihugu kuva intambara n’u Burusiya yakaza umurego mu 2022.
16 August 2025 Yasuwe: 604 0

Imvano y’ibyaha byafungishije abasirikare n’abanyamakuru

Hashize iminsi mike Urukiko rwa Gisirikare rukorera i Nyamirambo rutangiye kuburanisha urubanza rw’abantu 28 baregwa ibyaha bifitanye isano no kuba baraguriwe itike z’indege hakoreshejwe amafaranga...
16 August 2025 Yasuwe: 4195 0

Umunsi umusirikare wa Loni afatwa nk’umuvandimwe wa Perezida Kagame

Brig Gen (Rtd) Faye Hadji Babacar yavuze ko umwe mu basirikare b’incuti ze bari mu butumwa bwa Loni bwakoreraga mu Rwanda mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 , MINUAR, yitiranyijwe...
16 August 2025 Yasuwe: 1312 0

RRA yatanze miliyoni 464 Frw TVA ku baguzi basabye fagitire za EBM

Ikigo cy’imisoro n’Amahoro (RRA), kuri uyu wa Gatanu tariki 15 kanama, cyatanze miliyoni 464 Frw ku baguzi ba nyuma 40,905 basabye fagitire za EBM ku bicurizwa na servisi bicibwaho ku...
16 August 2025 Yasuwe: 409 0

Abantu icyenda bapfiriye mu mirwano y’Ingabo za RDC na Wazalendo

Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo cyatangaje ko imirwano y’abasirikare bacyo, abapolisi n’umutwe witwaje intwaro wo muri Wazalendo yapfiriyemo abantu icyenda.
16 August 2025 Yasuwe: 643 0

Pakistan: Imyuzure imaze guhitana abarenga 300

Inzego z’ubuyobozi zo muri Pakistan zavuze ko imvura nyinshi yateje imyuzure n’inkangu imaze kwica abantu barenga 300
16 August 2025 Yasuwe: 258 0

Trump yamaganye abarwanyije gahunda yo guhura na Putin

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yamaganye ibinyamakuru byatangaje ibitekerezo by’abo yise abahombyi barimo uwahoze ari umujyanama we mu by’umutekano, John Bolton, wanenze...
15 August 2025 Yasuwe: 992 0

U Rwanda na Australia mu biganiro byo gwagura ubucuruzi n’ishoramari

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane Olivier Jean Patrick Nduhungirehe, uri mu Mujyi wa Adelaide muri Australia, yagiranye ibiganiro na Minisitiri wungirije w’Ububanyi n’Amahanga...
15 August 2025 Yasuwe: 335 0

Yanga SC yacyeje Haruna Niyonzima Abanyarwanda bita umusaza

Umuryango wa Yanga SC, wongeye guha agaciro Haruna Niyonzima ukomeje kukimwa iwabo aho ab’iwabo bamwita umusaza.
15 August 2025 Yasuwe: 722 0

Uburusiya bwahagurishije Amerika! Ibyo kumenya kuri Alaska yakira Trump na Putin

Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, na Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, kuri uyu wa Gatanu saa tatu z’ijoro ku isaha y’i Kigali barahurira mu nama yitezwe cyane ibera muri...
15 August 2025 Yasuwe: 701 0