Amakipe y’inkwakuzi yamaze kubona itike ya ¼ muri Shampiyona Nyafurika ihuza abakina imbere mu bihugu byabo (CHAN 2024), mu gihe ari akarusho kuri Kenya yemerewe akayabo na Perezida William Ruto.
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ashyigikiye ko Ukraine iharira u Burusiya bimwe mu bice by’ubutaka igenzura, mu rwego rwo kurangiza intambara imaze imyaka irenga itatu...
Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Marco Rubio, yavuze ko Amerika itazahatira Ukraine kugirana amasezerano y’amahoro n’u Burusiya, ariko avuga ko icyo...
Umugaba w’Ingabo zirwanira ku Butaka, Maj Gen Vincent Nyakarundi, yaganiriye n’Uyobora Ingabo za Amerika zikorera muri Afurika, AFRICOM, Gen Dagvin R.M. Anderson ku mubano uhuriweho w’impande zombi...
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky yatangaje ko ku wa 18 Kanama 2025 azahura na Perezida wa Amerika Donald Trump mu biganiro bizibanda ku buryo bwo guhagarika intambara muri Ukraine.
Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yanenze icyemezo cya Perezida William Ruto cyo kugena umudipolomate uzahagararira inyungu za Kenya mu mujyi wa Goma.
TikTok yatangaje ko igiye kuvugurura amabwiriza agenga uko abantu bitwara kuri uru rubuga, aho azatangira gukurikizwa ku itariki ya 13 Nzeri 2025. Nubwo byinshi mu byahindutse ari ugutanga...