Amerika yatangaje ko igiye kugabanya abakozi b’Ikigo cya ‘Foreign Malign Influence Center (FMIC) cyari cyarashyizweho mu guhangana n’ibihugu by’amahanga byavugwaga ko byivanga muri politiki ya...
Perezida Vladmir Putin ashaka ko ibiganiro bizamuhuza na mugenzi we wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, bizabera mu gihugu cye, mu murwa mukuru, Moscow, aho kuba ahandi.
Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), abarwanyi b’umutwe w’iterabwoba wa FDLR n’indi iri mu ihuriro rya Wazalendo rishyigikiwe na Leta, bashinjwa gusambanya ku gahato abagore...
Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, Dr. Murangira B. Thierry, yateguje ko urwo rwego rugiye gutangiza ikipe ya ruhago, ahamya ko bari gukusanya ibyangombwa kugira ngo itangire mu...
Perezida Donald Trump yatangaje ko atewe impungenge n’uko mugenzi we w’u Burusiya, Vladimir Putin, ashobora kuba adafite ubushake bwo kurangiza intambara iri guhuza igihugu cye na Ukraine.