Umuherwe wa mbere ku Isi, ufite ibigo birimo Tesla, Space X, Starlink na X, Elon Musk, yicujije guhangana na Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yemera ko yakabije.
Filime nshya ya Tyler Perry yitwa Straw yibanda ku buzima bwa Janiyah Wiltkinson, umubyeyi w’umwana umwe. Ni inkuru ivuga ku buryo isi ishobora gutera umuntu gucika intege no kugwa mu byaha kubera...
Umuhanzi w’Umunyamerika R. Kelly yasabye urukiko ko yarekurwa byihuse nyuma yo gutangaza ko ubuzima bwe buri mu byago bikomeye muri gereza yo muri Leta ya North Carolina aho afungiwe.
Umuhanzi w’inararibonye mu njyana ya Afrobeats witwa D’banj, yasabye Leta ya Nigeria kugira uruhare mu gukemura amakimbirane ari hagati y’abavandimwe bagize itsinda rya P-Square, ari bo Peter na...
Umuhanzikazi w’Umunya-Uganda, Nina Roz yinjiye mu ruhando rwa politiki ku mugaragaro, nyuma yo kujya ku cyicaro cy’ishyaka National Unity Platform (NUP) giherereye i Makerere Kavule, agafata...
Umugizi wa nabi wari witwaje intwaro yagabye igitero ku ishuri ryisumbuye rya Dreierschützengasse riherereye mu mujyi wa Graz uri mu ntera y’ibilometero 200 uvuye mu murwa mukuru, Vienna, yica...