Kuri iki Cyumweru tariki ya 24 Kanama 2025, ibihumbi by’Abakirisitu b’Itorero Angilikani mu Rwanda (EAR) bateraniye i Gahini mu Karere ka Kayonza aho bizihiza isabukuru y’imyaka 100 ishize iryo...
Minisitiri w’Ingabo za Mozambique, Gen Maj Cristóvão Artur Chume, ari kumwe n’itsinda ry’abayobozi bakuru b’Ingabo na Polisi, bari mu ruzinduko rw’akazi mu Rwanda rugamije gushimangira ubufatanye...
Imitwe yitwaje intwaro iba mu ihuriro Wazalendo rishyigikiwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yahanganiye muri teritwari ya Walikale mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
Minisitiri w’Ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Pete Hegseth, yirukanye Lt Gen Jeffrey Kruse wari umuyobozi w’urwego rw’ubutasi rw’igisirikare ruzwi nka DIA.
Ambasaderi w’u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye (Loni), Martin Ngonga yamaganye ibirego bishinja u Rwanda gufasha umutwe wa M23, urwanira mu Burasirazuba bwa Congo (RDC) avuga ko nta shingiro bifite,...
Igisirikare cya Niger cyatangaje ko cyishe Umuyobozi w’umutwe w’iterabwoba wa Boko Haram, Ibrahim Mahamadu, uzwi cyane ku izina rya ‘Boukura’, mu gikorwa cyabereye ku Kirwa cya Shilawa kiri mu gace...
Abaturage barenga 50 barimo abo mu Murenge wa Rwimbogo n’abo mu Murenge wa Nzahaha bari kuririra mu myotsi nyuma y’uko mugenzi wabo abakodesheje ubutaka bwa leta kandi nta burenganzira abifite.
Alice Weidel, umwe mu bayobozi b’ishyaka rya Alternative for Germany (AfD) ritavuga rumwe n’ubutegetsi mu Budage, yashinje ibihugu by’i Burayi kuba indyarya mu kibazo cya Ukraine, avuga ko hari...