Donald Trump, Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Elon Musk usanzwe ari umushoramari ukomeye ndetse n’umuyobozi w’ibigo bikomeye nka Tesla na SpaceX, barimo guterana amagambo ku mugaragaro,...
Umuririmbyi w’Umunya-Nigeria Daniel Anidugbe, uzwi cyane ku izina rya Kizz Daniel, yatangaje ko agiye gufata ikiruhuko mu gukora umuziki, kugira ngo asubirane n’umuryango we wamubwiye ko asigaye...
Joseph Kabila wabaye Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuva mu 2001 kugeza mu 2019, yashinje ubutegetsi buriho ubu uruhare mu rupfu rwa Lieutenant Général Sikatenda Shabani.