skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

Walikale: Wazalendo yasuzuguye itegeko rya FARDC ryo gukuraho bariyeri ikusanyirizaho imisoro

Umutwe witwaje intwaro wa Uhuru uba mu ihuriro Wazalendo wateye utwatsi itegeko ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) ryo gukuraho bariyeri washyize muri teritwari ya...
18 August 2025 Yasuwe: 604 0

FDLR izazibandwa yerekeza he nihatangira ibikorwa byo kuyisenya?

Kimwe mu bikomeye bihanzwe amaso mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ni itangira ryo gusenya umutwe w’iterabwoba wa FDLR, hashingiwe ku masezerano iki gihugu cyagiranye n’u...
18 August 2025 Yasuwe: 764 0

Burera: Babiri bakubiswe n’inkuba barapfa

Abaturage babiri bo mu Karere ka Burera bakubiswe n’inkuba barapfa, ku mugoroba wo ku wa 17 Kanama 2025.
18 August 2025 Yasuwe: 362 0

Nyamasheke: Yatawe muri yombi akekwaho kubaga ingurube yibwe

Umugabo w’imyaka 41 wo Mu murenge wa Busheli mu Karere ka Nyamasheke, yatawe muri yombi nyuma yo gufatanwa inyama z’ingurube yibwe mu Murenge wa Bushekeli ari kuzishakira umukiliya.
18 August 2025 Yasuwe: 334 0

Uganda iteganya kujya itunganya toni 1,2 za Zahabu ku mwaka

Leta ya Uganda iteganya kujya itunganya toni 1,2 za Zahabu ku mwaka binyuze mu mushinga ihuriyemo na sosiyete y’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro yo mu Bushinwa yitwa Wagagai Mining Ltd.
18 August 2025 Yasuwe: 246 0

Kivu y’Amajyaruguru: ADF yishe abaturage 59 mu minsi itatu

Umutwe w’iterabwoba wa ADF wishe abaturage bagera kuri 59 mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru iri mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
18 August 2025 Yasuwe: 220 0

Abayobozi b’u Bufaransa, u Budage na Finlande mu baherekeza Zelensky i Washington

Mu rugendo rwerekeza i Washington, agiye kuganira na Donald Trump ku hazaza h’intambara ikomeje kuzahaza igihugu cye, biteganyijwe ko Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, aherekezwa n’abayobozi...
18 August 2025 Yasuwe: 224 0

Umuhanzi Sano Olivier agiye gukora ubukwe

Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya Imana, Sano Olivier ari mu myiteguro y’ubukwe bwe buteganyijwe ku wa 21 Kanama 2025, ndetse yamaze gusezerana imbere y’amategeko n’umukunzi we.
18 August 2025 Yasuwe: 266 0

Qantas yaciwe akayabo kubera kwirukana abakozi mu buryo bunyuranyije n’amategeko

Ikigo gikora ubwikorezi bwo mu kirere cyo muri Australie, Qantas, cyaciwe miliyoni 90$ kubera ko mu bihe bya Covid-19, cyirukanye abakozi bagera kuri 1,800 mu buryo bunyuranyije n’amategeko.
18 August 2025 Yasuwe: 177 0

Abakozi ba Air Canada banze kubahiriza itegeko rya Leta ribasaba gusubira mu kazi

Abakozi b’Ikigo cyo muri Canada gikora ubwikorezi bw’abantu n’ibintu mu kirere, Air Canada, banze gushyira mu bikorwa itegeko rya Leta ribategeka gusubira mu kazi, bashimangira ko bazakomeza...
18 August 2025 Yasuwe: 173 0