skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

Ni ibiki bituma Bruce Melodie yikomanga ku gatuza akavuga ko ariwe muhanzi wa mbere mu Rwanda?

Umuhanzi Itahiwacu Bruce wamenyekanye nka Bruce Melodie yagaragaje impamvu yumva ko ari we muhanzi wa mbere mu Rwanda, ashingiye ku bikorwa bikomeye amaze kugeraho mu muziki, n’ubwo atajya...
28 April 2025 Yasuwe: 467 0

Abahanzi barashaka ko Ubuhanzi bw’Abantu busubirana Agaciro mu gihe AI ikomeje Gutegeka Isi

Mu gihe ibihangano byifashisha ikoranabuhanga rya Artificial Intelligence (AI) bikomeje gucicikana hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga, abahanzi b’umwuga bahagurukiye gusaba ko ubuhanzi bukorwa...
28 April 2025 Yasuwe: 465 0

Bill Gates atewe ishema n’umukobwa we washinze ‘business’ ye atamusabye ubufasha

Bill Gates, washinze Microsoft, yatangaje ko yishimiye kuba umukobwa we, Phoebe Gates, yarashoboye gutangiza ibikorwa bye bwite by’ubucuruzi adahanze amaso ubutunzi bwa Se.
28 April 2025 Yasuwe: 1458 0

Perezida Kagame yazamuye mu ntera Abapolisi barenga 4500

Perezida Kagame yazamuye mu ntera ba Ofisiye ba Polisi y’u Rwanda bari bafite amapeti atandukanye aho 12 bari bafite Ipeti rya Chief Superintendent of Police bahawe ipeti rya Assistant Commissioner...
26 April 2025 Yasuwe: 1230 0

Abaturarwanda ibihumbi 36 bapfuye mu 2024, havuka ibihumbi 417

Imibare y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) igaragaza ko mu 2024, Abaturarwanda 36 021 bapfuye mu 2024, ku bw’impamvu zitandukanye.
25 April 2025 Yasuwe: 866 0

Chris Brown yajyanywe mu nkiko n’umufana wiyita umugore we

Umuhanzi w’icyamamare Chris Brown yisanze mu nkiko aregwa n’umufana we witwa Angela Reliford usanzwe yiyita umugore we, amushinja ko yamusebeje ku mbuga nkoranyambaga.
25 April 2025 Yasuwe: 383 0

Nyamasheke: Birakekwa ko yiyahuye kubera nyina umuziza gukundwa na se

Nyirandikumana Jeanne w’imyaka 22 wabanaga n’ababyeyi be mu Mudugudu wa Karambi, Akagari ka Mpumbu, Umurenge wa Bushekeri, Akarere ka Nyamasheke, umurambo we wasanzwe mu mugezi wa Kamiranzovu...
25 April 2025 Yasuwe: 964 0

Ihomba rya Tesla ya Elon Musk haraho ryaba rihuriye na Perezi Trump?

Mu gihe Elon Musk ataka igihombo gikabije ndetse akaba yafashe umwanzuro wo kugabanya umwanya yageneraga imirimo yahawe muri politiki, hari ibigaragaza ko politiki ya Donald Trump iri kugira...
25 April 2025 Yasuwe: 595 0

Umujyanama wa Diamond ari i Kigali mu gushyira akadomo ku ndirimbo na Bruce Melodie

Sallam Ahmed Sharaff [Sallam SK] usanzwe ari umujyanama w’umunyamuziki wa Diamond Platnumz yageze i Kigali mu rugendo rugamije gushyira akadomo ku ndirimbo umuhanzi afasha mu muziki yakoranye na...
25 April 2025 Yasuwe: 210 0

Dominique McShain wari ukunzwe cyane kuri TikTok yitabye Imana ku myaka 21 azize Kanseri

Dominique McShain, umukobwa w’imyaka 21 wakunzwe cyane ku mbuga nkoranyambaga nka TikTok na Instagram kubera ubutumwa bwe bw’icyizere n’ubutwari mu burwayi, yitabye Imana azize kanseri y’amara...
24 April 2025 Yasuwe: 282 0