Niyo Bosco ari mu gahinda ko gupfusha umubyeyi we (Se umubyara) witabye Imana kuri uyu wa 23 Mata 2025, nk’uko uyu muhanzi yabimenyesheje abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga.
Umukinnyi wa Filime mu ruhando rwa Sinema muri Amerika (Holly Wood), akaba n’umunyarwenya Kevin Hart, yatangajwe nk’uzayobora ibirori byo gutanga ibihembo bya BET Awards muri uyu mwaka.
Umunyabigwi mu mukino wa ‘Wrestling’ akaba n’umukinnyi wa filime, John Cena, yahishuye ko nyuma y’igihe kinini abafana bamuseka ndetse banamutoteza kubera uruhara, yitabaje abaganga bakamusimburiza...
Nk’uko byari byatangajwe n’ibiro bya Vatican, umubiri wa Papa Francis wamaze kugezwa muri Bazirika ya St Peter aho imihango yo kumusezeraho igomba kubera kugera ku wa gatandatu ubwo azashyingurwa.
Mu mpera z’icyumweru cya Pasika yo ku wa 19 Mata 2025, abaturage babarirwa mu bihumbi bahuriye mu myigaragambyo yamagana imiyoborere ya Perezida Donald Trump hirya no hino muri Leta Zunze Ubumwe za...
Perezida wa Sena y’u Rwanda. Dr Kalinda François Xavier n’itsinda ryamuherekeje bitabiriye Inteko Rusange ya 15 y’Ihuriro ry’Inteko zishinga amategeko mu bihugu bigize Inama Mpuzamahanga y’Akarere...