skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

Nyuma y’igihe atagaragara, Christopher yari ahugiye kuri Album akozeho imyaka 9

Umuririmbyi Muneza Christophe uzwi nka Christopher, wubatse izina rikomeye mu muziki nyarwanda, yatangaje ko igihe kinini cyari gishize atigaragaza cyane, cyari gishingiye ku kwiyegurira umushinga...
24 April 2025 Yasuwe: 154 0

Umubyeyi wa Niyo Bosco yitabye Imana

Niyo Bosco ari mu gahinda ko gupfusha umubyeyi we (Se umubyara) witabye Imana kuri uyu wa 23 Mata 2025, nk’uko uyu muhanzi yabimenyesheje abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga.
24 April 2025 Yasuwe: 272 0

Amafaranga Umunyarwanda ahahisha ku mwaka yageze ku bihumbi 560 Frw

Ubushakashatsi ku mibereho y’ingo (EICV7) bwagaragaje ko ubukene bwagabanyutseho 12,4% mu myaka irindwi ishize, bigaragazwa n’amafaranga umuntu arya kuko yiyongereye cyane arenga ibihumbi 560 Frw...
24 April 2025 Yasuwe: 174 0

Mugihe abafana bashaka ko agaruka mu miziki we arifuza kubyara umwana wa 3

Mu gihe abafana b’umuhanzikazi Rihanna bakomeje kumusaba ko yagaruka mu muziki, birasa nk’aho ibyifuzo byabo bihabanye n’ibyo afite kuko we ahugiye mu byo kwagura umuryango we.
24 April 2025 Yasuwe: 193 0

ibirori bya BET awards bizayoborwa na Kevin Hart

Umukinnyi wa Filime mu ruhando rwa Sinema muri Amerika (Holly Wood), akaba n’umunyarwenya Kevin Hart, yatangajwe nk’uzayobora ibirori byo gutanga ibihembo bya BET Awards muri uyu mwaka.
23 April 2025 Yasuwe: 279 0

John Cena yatotejwe n’abafana kubera uruhara ageraho yitabaza abaganga

Umunyabigwi mu mukino wa ‘Wrestling’ akaba n’umukinnyi wa filime, John Cena, yahishuye ko nyuma y’igihe kinini abafana bamuseka ndetse banamutoteza kubera uruhara, yitabaje abaganga bakamusimburiza...
23 April 2025 Yasuwe: 437 0

Umubiri wa Papa Francis wagejejwe muri Bazirika ya St Peter ngo asezerweho bwa nyuma - AMAFOTO

Nk’uko byari byatangajwe n’ibiro bya Vatican, umubiri wa Papa Francis wamaze kugezwa muri Bazirika ya St Peter aho imihango yo kumusezeraho igomba kubera kugera ku wa gatandatu ubwo azashyingurwa.
23 April 2025 Yasuwe: 739 0

Amerika: Abaturage babarirwa mu bihumbi barigaragambije bamagana ubutegetsi bwa Trump kuri Pasik

Mu mpera z’icyumweru cya Pasika yo ku wa 19 Mata 2025, abaturage babarirwa mu bihumbi bahuriye mu myigaragambyo yamagana imiyoborere ya Perezida Donald Trump hirya no hino muri Leta Zunze Ubumwe za...
23 April 2025 Yasuwe: 445 0

Perezida wa Sena Dr Kalinda François Xavier yitabiriye inama yiga ku mutekano w’Akarere i Luanda

Perezida wa Sena y’u Rwanda. Dr Kalinda François Xavier n’itsinda ryamuherekeje bitabiriye Inteko Rusange ya 15 y’Ihuriro ry’Inteko zishinga amategeko mu bihugu bigize Inama Mpuzamahanga y’Akarere...
23 April 2025 Yasuwe: 425 0

Minisitiri Utumatwishima yibukije urubyiruko gukoresha neza imbuga nkoranyambaga kuko ari inkota y’amugi abiri

Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr Utumatwishima Abdallah, yakomoje ku mikoreshereze y’imbuga nkoranyambaga ishobora kuba inkota y’amugi abiri bitewe n’ibibi n’ibyiza byazo, asaba...
23 April 2025 Yasuwe: 149 0