INAMA Y’UMUTKANO: Ibishya kuri Dosiye ya Moses, ibya Se yatangaje! Disikuru za Minisitiri Dr. Jean Damascene Bizimana, ngo hari abari muri Gereza bavuga ko bamwanga ngo azura akaboze! Yabageneye...
Umuraperi w’umunyabigwi O’Shea Jackson Sr., uzwi ku izina rya Ice Cube, agiye gukora urugendo rw’ibitaramo bizenguruka Leta Zunze Ubumwe za Amerika, mu mpera z’uyu mwaka wa 2025.
Nsabimana Annicet, umubyeyi wa Turahirwa Moses wamenyekanye mu guhanga imideli binyuze mu nzu ye y’ikimenyabose ’Moshions’, yatangaje ko yamaze amezi ane afunze ariko ko atigeze ahohoterwa nk’uko...
Mr Kagame uri mu bahanzi bamaze igihe bakora umuziki mu njyana zitandukanye, yavuze ko uko urubyiruko rwifashishijwe mu gusenya igihugu bikwiriye kubera urugero abari kubyiruka ubu bakiyumvamo...
Umuhanzi Davido yatangaje ko kuba Perezida wa Nigeria yarakunze indirimbo ye yise ‘Dami Duro,’ aribyo byatumye abasha gukomeza gukora umuziki nyuma y’igihe Se amufungira amayira.
Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB Dr. Murangira B. Thierry, yavuze ko hari Dj wacurangiye mu gihugu cya Uganda mu gihe cy’Icyumweru cy’Icyunamo, nyuma abisakaza ku mbuga...
Umugore wo muri Alaska uherutse guca agahigo ko kuba umugore wa mbere ufite umunwa munini ku isi, yatangaje ko gahunda ari kongera gushyiraho akandi gahigo gakuraho ako yashyizeho.
Katy Perry ari mu itsinda ry’abagore batandatu boherejwe mu isanzure n’ikigo cy’Umunyemari Jeff Bezos gikora ibijyanye n’ibyogajuru cyitwa Blue Origin.
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima, RBC, cyatangaje ko bantu 2088 bahuye n’ibibazo by’ihungabana mu Cyumweru cy’Icyunamo, aho u Rwanda rwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.