Abanya-Israel babarirwa mu bihumbi bakoze imyigaragambyo ikomeye mu Mujyi wa Tel Aviv, basaba ko igihugu cyabo cyahagarika intambara muri Gaza, nyuma y’uko gitangaje ko gifite umugambi wo...
APR FC yatomboye Pyramids FC yo mu Misiri mu ijonjora ry’ibanze rya CAF Champions League, mu gihe Rayon Sports yatomboye Singida Black Stars yo muri Tanzania mu mikino ya CAF Confederation Cup.
Ikigo cy’Abanyamerika gishinzwe iby’Isanzure, NASA, na Sosiyete ya Google, byubatse porogaramu ishingiye ku ikoranabuhanga ry’ubwenge buhangano (AI) yiswe ’Crew Medical Officer Digital Assistant...
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yamaganye ibiganiro by’imbonankubone bizahuza Donald Trump na mugenzi we w’u Burusiya, Vladimir Putin bijyanye no guhagarika intambara iri kubera mu gihugu...
Sosiyete ya Symbion Power LLC yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika iteganya gushora imari ya miliyoni 700 z’Amadolari mu mushinga wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo wo gutunganya Gaz...
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yashimangiye ko yahagaritse intambara yo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kandi ngo abaturage barabyishimiye cyane.
Abunganira umuraperi Sean ‘Diddy’ Combs, wamamaye cyane mu muziki n’ubucuruzi mu Leta Zunze Ubumwe za Amerika, bateganya gusaba ko mu gihe yaba yakatiwe yafungirwa iwe mu rugo, aho kugumana...