skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

Ahanyuze magendu, hanyuzwa n’imbunda – CP Emmanuel Hatari

Abaturage bo mu Karere ka Rubavu, mu Mirenge ihana imbibi na Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo basabwe kwirinda ibyaha nyambukiranyamipaka birimo magendu imunga ubukungu bw’Igihugu, ndetse...
22 August 2025 Yasuwe: 231 0

Trump yiyemeje kurara irondo kubera umutekano muke i Washington DC

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko yifatanya na Polisi n’inkeragutabara ku irondo ry’ijoro ryo gucunga umutekano mu mihanda y’i Washington DC, mu rwego rwo...
22 August 2025 Yasuwe: 214 0

Urwego Rukuru rwa Rayon Sports rwongeye gutumiza Inteko Rusange

Nyuma y’uko Urwego Rukuru rwa Rayon Sports rutumije Inteko Rusange y’Umuryango wa Rayon Sports igaterwa utwatsi na Perezida Twagirayezu Thaddée, mugenzi we Muvunyi Paul yongeye gutumiza indi.
21 August 2025 Yasuwe: 496 0

Nyamasheke: Ikigo Nderabuzima cya Yove kigiye kongererwa ubushobozi mu korohereza abaturiye Pariki ya Nyungwe

Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyamasheke bwatangaje ko muri uyu mwaka w’ingengo y’imari wa 2025/2026 bazatangira umushinga wo kwagura no kongerera ubushobozi Ikigo Nderabuzima cya Yove, mu rwego rwo...
21 August 2025 Yasuwe: 613 0

Impamvu Igikombe cy’Isi Chelsea yegukanye cyagaragaye mu biro bya Trump

Abakunzi b’umupira w’amaguru batunguwe no kubona mu biro bya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, harimo Igikombe cy’Isi giherutse guhabwa Chelsea yacyegukanye itsinze Paris...
21 August 2025 Yasuwe: 463 0

Minisitiri Bizimana yakebuye umukobwa wa Sebatware Marcel ’urota’ guhirika ubuyobozi bw’u Rwanda

Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Bizimana Jean Damascéne, yakebuye umukobwa wa Sebatware Marcel wayoboye uruganda CIMERWA, wifatanya n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR...
21 August 2025 Yasuwe: 1398 0

Israel yashinje u Bufaransa gukongeza urwango mu Bayahudi

Minisitiri w’Intebe w’Israel, Benjamin Netanyahu, yashinje Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, gukongeza urwango rugirirwa Abayahudi kubera gahunda yimirije imbere yo kwemera Leta ya Palestine.
21 August 2025 Yasuwe: 278 0

U Rwanda rugiye kwakira inama mpuzamahanga yiga ku mashyamba

Kuva ku itariki 20 kugeza 24 Ukwakira 2025, u Rwanda ruzakira inama mpuzamahanga ya Gatandatu yiga ku buhinzi bw’amashyamba.
21 August 2025 Yasuwe: 188 0

U Rwanda rwashimangiye kudatezuka ku giharanira amahoro

Mu Nama Mpuzamahanga ya 9 ya Tokyo yiga ku Iterambere rya Afurika (TICAD9), iri kubera i Yokohama mu Buyapani, Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko itazatezuka ku guharanira amahoro n’umutekano...
21 August 2025 Yasuwe: 304 0

Isiraheli yashinje Australia ubugambanyi n’ubugwari

Minisitiri w’Intebe wa Isiraheli, Benjamin Netanyahu yashinje mugenzi we wa Australia, Anthony Albanese kugambanira no guca umuryango w’Abayahudi, amwita umunyapolitiki w’umunyantege nke.
21 August 2025 Yasuwe: 187 0