skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

Trump yasitaye ku ngazi ya ‘Air Force One’

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasitaye ku ngazi y’indege itwara abayobozi b’iki gihugu, ‘Air Force One’.
9 June 2025 Yasuwe: 890 0

Urubanza ruregwamo Umunyamakuru Nsengimana na bagenzi be rwongeye gusubikwa

Urukiko Rukuru rwa Kigali rwongeye gusubika urubanza ruregwamo Umunyamakuru wa Umubavu TV, Nsengimana Theoneste na bagenzi be bari abayoboke b’ishyaka ritemewe mu Rwanda rya Dalfa Umurinzi baregwa...
9 June 2025 Yasuwe: 303 0

Amb Parfait Busabizwa yatanze impapuro zo guhagararira u Rwanda muri Repubulika ya Congo

Ambasaderi Parfait Busabizwa yashyikirije Perezida wa Congo, Denis sassou N’Guesso, impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri icyo gihugu.
9 June 2025 Yasuwe: 278 0

Khaby Lame ukurikirwa cyane ku Isi kuri TikTok yirukanywe muri Amerika

Umunya-Senegal ufite ubwenegihugu bw’ubutaliyani akaba ari nawe muntu wa mbere ukurikirwa n’abantu benshi ku rubuga rwa TikTok, yirukanywe muri Amerika nyuma yo gukora amakosa ajyanye n’amategeko...
9 June 2025 Yasuwe: 1321 0

Tennis: Carlos Alcaraz yisubije French Open ya 2025 (Amafoto)

Umunya-Espagne Carlos Alcaraz yegukanye Irushanwa rya Roland Garros (French Open) mu bagabo nyuma yo gutsinda nimero ya mbere ku Isi muri Tennis, Jannik Sinner aturutse inyuma amaseti 3-2 (4-6,...
9 June 2025 Yasuwe: 160 0

Trump yashinje Elon Musk gukoresha ibiyobyabwenge

Perezida Donald Trump yashinje umunyemari Elon Musk wari inshuti ye magara ndetse bakoranye bya hafi kuva yakongera gutorerwa kuyobora Amerika, gukoresha ibiyobyabwenge.
9 June 2025 Yasuwe: 355 0

Amerika: Umugabo yajyanye irimbi mu nkiko nyuma y’igihe asura igituro cy’undi muntu yibwira ko ari umubyeyi we

Umugabo witwa Chris Demirchyan yajyanye mu nkiko irimbi rya Forest Lawn Memorial Park riherereye I Los Angeles muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, nyuma yo gusanga ikibumbano cyanditseho izina rya...
8 June 2025 Yasuwe: 559 0

Iran yigambye kwiba amakuru y’ubutasi ya Israel

Ibinyamakuru bya Leta muri Iran byatangaje ko inzego z’ubutasi z’icyo gihugu, ziherutse kubona amakuru y’ibanga y’inzego z’ubutasi za Israel, arimo ajyanye n’intwaro kirimbuzi, uburyo icyo gihugu...
8 June 2025 Yasuwe: 777 0

Trump yongeye kwiyama Elon Musk, amuha gasopo

Perezida Donald Trump uherutse gushwana na Elon Musk bahoze ari inshuti magara, yongeye kwiyama uyu mukire wa mbere ku Isi, amubwira ko nahirahira agafasha Ishyaka ry’Aba-Démocrate, azahura...
8 June 2025 Yasuwe: 991 0

Nduhungirehe yasobanuye impamvu imyitwarire ya CEEAC idakwiriye

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Olivier Nduhungirehe, yavuze ko u Rwanda rutazigera rwemera kwikorera umutwaro w’ibibazo bya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu gihe Leta y’icyo gihugu...
8 June 2025 Yasuwe: 350 0