skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

Abarenga ibihumbi 58 mu Rwanda batanze amaraso mu 2024

Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) cyatangaje ko abantu 58.688 batanze amaraso 84,383 mu mwaka wa 2024, aho urubyiruko rwagize ubwiganze bwa 65.3 % mu bayatanze cyane.
13 June 2025 Yasuwe: 813 0

Amerika yatangiye kubura abakozi nyuma yo kwirukana abimukira

Inzego zirimo ubuhinzi n’ubworozi n’urwego rw’amahoteli, ni zimwe mu ziri kugirwaho ingaruka n’icyemezo cya Perezida Donald Trump cyo kwirukana abimukira bose badafite ibyangombwa, bari muri...
13 June 2025 Yasuwe: 807 0

Iran yohereje drones zirenga 100 muri Israel nyuma yo kwicirwa abasirikare bakuru

Iran yagabye igitero gikomeye muri Israel nyuma yo kwicirwa abasirikare bakuru barimo Umugaba Mukuru w’Ingabo, Umuyobozi w’Umutwe w’Ingabo zidasanzwe n’abahanga mu bya nucléaire.
13 June 2025 Yasuwe: 1204 0

Bruce Melodie ashobora gusinya muri Africa Creative Agency; 1:55 AM ikamubera umwishingizi

Umuririmbyi Itahiwacu Bruce uzwi nka Bruce Melodie ashobora gutangira igice gishya mu muziki, mu gihe yaba ashyize umukono ku masezerano n’inzu itunganya umuziki mpuzamahanga ya Africa Creative...
13 June 2025 Yasuwe: 402 0

Muhire Kevin agiye kwakiranwa yombi muri Sudani y’Epfo

Jamus SC yo mu Cyiciro cya Mbere muri Sudani y’Epfo, yatangaje ko yiteguye kwakira Muhire Kevin, wamaze gutandukana na Rayon Sports nyuma yo gusoza amasezerano ye.
13 June 2025 Yasuwe: 520 0

Aho imbwa yanyura sinahatambuka - Kazungu yongeye gutakambira urukiko

Nyuma yo gutanga ubujurire ku mwanzuro w’urukiko wo ku wa 08 Werurwe 2024, Kazungu Dennis yaburanye ku bujurire bwe asaba ko yagabanyirizwa igihano.
13 June 2025 Yasuwe: 946 0

Miss Uwase Raissa Vanessa yasezeranye imbere y’amategeko (Amafoto)

Miss Uwase Raissa Vanessa wabaye Igisonga cya Mbere cya Miss Rwanda mu 2015 yasezeranye imbere y’amategeko na Ngenzi Dylan biyemeje kurushinga, umuhango wabereye mu Murenge wa Kimihurura kuri uyu...
12 June 2025 Yasuwe: 927 0

Abanyakenya bari mu myigaragambyo isaba Umuyobozi wungirije wa Polisi kwegura

Abanyakenya barakajwe n’urupfu rw’umusore witwa Albert Ojwang wapfiriye muri kasho, bari mu myigaragambyo yo gusaba Umuyobozi wungirije wa Polisi, Eliud Lagat, kwegura.
12 June 2025 Yasuwe: 362 0

U Buhinde: Indege yari itwaye abagenzi 244 yakoze impanuka

Indege ya Air India yo mu bwoko bwa Boeing 787 yarimo abantu 244 yakoze impanuka nyuma y’igihe gito ihagurutse mu Mujyi wa Ahmedabad mu Burengerazuba bw’u Buhinde yerekeza ku kibuga kitwa Gatwick...
12 June 2025 Yasuwe: 1199 0

Ariel Wayz yasinye muri Universal Music Group

Umuhanzikazi Ariel Wayz yamaze kwinjira mu bahanzi bakorana na sosiyete mpuzamahanga “Universal Music Group”isanzwe izwiho gufasha abahanzi bakomeye ku Isi.
12 June 2025 Yasuwe: 398 0