Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky yatangaje kuri uyu wa kane ko abantu umunani, barimo n’umwana, biciwe mu murwa mukuru Kyiv, mu gitero gikomeye cy’Uburusiya cyabaye mu ijoro ryacyeye.
Perezida wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong Un, azitabira akarasisi k’Ingabo z’u Bushinwa [PLA] mu muhango wo kwizihiza isabukuru y’imyaka 80 Intambara ya Kabiri y’Isi irangiye.
Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Musanze, cyane cyane muri santere y’ubucuruzi izwi nko mu Gisenyi, mu Karere ka Musanze, bakomeje kugaragaza impungenge ziterwa n’insoresore n’abagabo bitwaza...
Abahinzi b’ibisheke bibumbiye muri Koperative Akeza ka Macuba yo mu Karere ka Nyamasheke mu Ntara y’Iburengerazuba batangiye gutera intambwe yo kubikoramo isukari, mu rwego rwo kubyongerera agaciro.
Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) itangaza ko urwego rw’ubuzima rwashyizwemo agera kuri miliyari 948.5 z’amafaranga y‘u Rwanda mu mwaka wa 2020/2021 kugeza 2022/2023, hagamijwe kurushaho kuruteza...