Umuraperi Kendrick Lamar umaze kubaka izina rikomeye mu muziki ku Isi, yegukanye ibihembo byinshi mu bya BET byatanzwe, naho umukobwa wa Jay-Z na Beyoncé, Blue Ivy aratungurana.
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump yohereje abandi basirikare 2 700 mu mujyi wa Los Angeles muri Leta ya California, barimo ingabo zirwanira mu mazi 700 mu rwego rwo guhangana...
Umugabo wo muri Leta ya Texas muri Amerika yashinjwe icyaha cyo kwica nyuma yo gushyira ikinini gikuramo inda kizwi nka ’Plan C’ mu kinyobwa cy’umukunzi we wari utwite.
Umusenateri muri Sena ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika uhagarariye Alabama, Tommy Tuberville, yavuze ko Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, azi neza ko adashobora gutsinda intambara ahanganyemo...
Mu gihe Abanyarwanda benshi bategerezanyije amatsiko indirimbo ebyiri Diamond Platnumz yakoranye n’abahanzi babiri bakomeye mu Rwanda, yabanje gushyira hanze iyo yakoranye na Bien Aime wo muri Kenya.