skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

BET Awards 2025: Kendrick Lamar yegukanye ibihembo byinshi, Blue Ivy aratungurana

Umuraperi Kendrick Lamar umaze kubaka izina rikomeye mu muziki ku Isi, yegukanye ibihembo byinshi mu bya BET byatanzwe, naho umukobwa wa Jay-Z na Beyoncé, Blue Ivy aratungurana.
10 June 2025 Yasuwe: 512 0

Impamvu BNR yongereye zahabu mu bwizigame bw’u Rwanda

Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) ifite gahunda yo kugura zahabu, ikaba ubundi buryo bwo kubika ubwizigame bw’u Rwanda ndetse no gukora ishoramari.
10 June 2025 Yasuwe: 1124 0

USA: Los Angeles hoherejwe abandi basirikare bo guhangana n’abimukira

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump yohereje abandi basirikare 2 700 mu mujyi wa Los Angeles muri Leta ya California, barimo ingabo zirwanira mu mazi 700 mu rwego rwo guhangana...
10 June 2025 Yasuwe: 388 0

Amerika: Umugabo afunzwe azira guha umugore ikinini gikuramo inda

Umugabo wo muri Leta ya Texas muri Amerika yashinjwe icyaha cyo kwica nyuma yo gushyira ikinini gikuramo inda kizwi nka ’Plan C’ mu kinyobwa cy’umukunzi we wari utwite.
10 June 2025 Yasuwe: 337 0

Kizz Daniel yatangaje ko yamaze kwigarurira Album ye ‘New Era’

Umuhanzi w’icyamamare muri Afrobeats, Kizz Daniel, yatangaje ko yamaze kwigarurira Alubumu ye nyuma y’uko umushinga wayo wari ukiri mu maboko y’inzu yahoze iharanira inyungu z’uwo muhanzi yitwa...
10 June 2025 Yasuwe: 152 0

Minisitiri Sebahizi yagaragaje uburyo politiki y’ubucuruzi yakwihutisha ubuhahirane muri Afurika

Minisitiri w’Inganda n’Ubucuruzi, Prudence Sebahizi, yagaragaje ko politiki ihuriweho y’ubucuruzi yakwihutisha ubuhahirane bw’ibihugu ku Mugabane wa Afurika.
10 June 2025 Yasuwe: 118 0

Zelensky arabizi ko ari gutsindwa - Senateri Tommy Tuberville wa Amerika

Umusenateri muri Sena ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika uhagarariye Alabama, Tommy Tuberville, yavuze ko Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, azi neza ko adashobora gutsinda intambara ahanganyemo...
10 June 2025 Yasuwe: 331 0

Covid-19 yongeye kugaragara mu Rwanda

Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima, RBC, cyatangaje ko icyorezo cya Covid-19 cyongeye kugaragara mu Rwanda, nyuma y’uko mu bihugu bitandukanye by’Isi hashize iminsi kiri kwiyongera.
9 June 2025 Yasuwe: 3491 0

Billie Eilish yongeye kuvugisha benshi nyuma yo gufotorwa asomana i Burayi

Umuhanzikazi Billie Eilish ukomeje kwigarurira imitima y’abatari bake ku Isi, yongeye kuvugisha benshi nyuma yo gufotorwa ari mu bihe byihariye n’umukinnyi wa filime Nat Wolff, bituma ibihuha...
9 June 2025 Yasuwe: 2488 0

Diamond yikuye mu rubanza rwe na Bien Aime asigarana urwa The Ben na Bruce Melodie

Mu gihe Abanyarwanda benshi bategerezanyije amatsiko indirimbo ebyiri Diamond Platnumz yakoranye n’abahanzi babiri bakomeye mu Rwanda, yabanje gushyira hanze iyo yakoranye na Bien Aime wo muri Kenya.
9 June 2025 Yasuwe: 926 0