Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yaganiriye na mugenzi we w’u Buyapani, Iwaya Takeshi, ku bufatanye bw’ibihugu byombi no ku mahoro...
Kubera ibibazo by’abasirikare bake ikomeje guhura na byo, Israel yisunze uburyo bwo kwinjiza mu ngabo Abayahudi baba mu mahanga cyane cyane mu Bufaransa no muri Amerika.
Abantu 18 barimo n’abapolisi 12 bishwe n’ibiturika mu gihe abandi 60 bakomeretse nyuma y’ibitero bikekwa ko byagabwe n’udutsiko tw’inyeshyamba mu mujyi wa Cali uri mu burengerazuba bw’igihugu, no...
Amezi abiri arashize mu Karere ka Rusizi hadatangwa serivisi zijyanye no gupima ubutaka kubera ko umunara wifashishwaga mu gukusanya amakuru muri iyi serivisi wakubiswe n’inkuba.
Ku wa Kane tariki ya 21 Kanama, Polisi y’u Rwanda yakomeje gahunda y’ubukangurambaga bw’umutekano wo mu muhanda ‘Gerayo Amahoro’ mu bakoresha umuhanda bo mu ntara y’Iburengerazuba n’Amajyepfo.
Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yatangaje ko yatanze amabwiriza yo gutangira ibiganiro bigamije kurekura imfungwa zose z’icyo gihugu zikiri muri Gaza ndetse no kurangiza...