Kuri uyu wa Mbere abantu 15 barimo abanyamakuru bane bakoreraga Ibitangazamakuru Mpuzamahanga, baguye mu bitero bya Isiraheli byagabwe ku bitaro bya Nasser biri mu Majyepfo ya Gaza.
Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatangaje ko mu rukerera rwo kuri uyu wa 25 Kanama 2025, ingabo z’iki gihugu, umutwe w’iterabwoba wa FDLR na...
U Bufaransa bwahamagaje Ambasaderi wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri iki gihugu, Charles Kushner, kugira ngo atange ibisobanuro ku magambo aherutse kuvuga anenga ubuyobozi bwa Perezida Emmanuel...
Umuhanga mu mateka Prof Vincent Duclert yagaragaje ko hari ibimenyetso bari gukusanya bigaragaza uruhare rwuzuye Agathe Kanziga Habyarimana yagize muri Jenoside yakorewe Abatutsi.