skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

Amateka y’umuhanzi Minani Rwema waririmbye indirimbo urabeho nyamibwa icyeye.

Benshi batagize amahirwe yo kubana nawe ubwo yarakiri mu mubiri , uyu munsi bahura nawe binyuze mu bihangano bye cyangwa se bumvise indirimbo ze mu birori binyuranye by’umuco nyarwanda. Gusa...
26 February 2025 Yasuwe: 1447 0

Umunya muziki Roberta Flack yitabye Imana

Roberta Flack wari mu baririmbyi bakomeye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, wananditse amateka yo gutwara igihembo cya Grammy cy’indirimbo nziza y’umwaka inshuro ebyiri zikurikiranye, yitabye...
25 February 2025 Yasuwe: 1296 0

Umukino wa APR FC na Rayon Sports wimuriwe muri Werurwe 2025

Urwego rutegura Shampiyona y’u Rwanda “Rwanda Premier League” rwimuye umukino w’umunsi wa 27 wa Shampiyona wagombaga guhuza APR FC na Rayon Sports ushyirwa ku munsi wa 20. Ibi bikubiye ku...
25 February 2025 Yasuwe: 787 0

KENYA : Pasiteri yakomerekeje abagore babiri arimo kubakuramo amadayimoni.

Mu gihugu cya Kenya, abagore babiri, uwitwa Mercy Rono w’imyaka 38 y’amavuko na Mercy Cherotich w’imyaka 30, bakubiswe na Pasiteri wo mu rusengero basengeramo arabakomeretsa cyane, agamije...
25 February 2025 Yasuwe: 793 0

Polisi yataye muri yombi abakekwaho guhohotera Turahirwa Moses

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko yataye muri yombi abagabo batatu bakekwaho guhohotera Turahirwa Moses washinze inzu ihanga imideli izwi nka Moshions.
25 February 2025 Yasuwe: 622 0

I NYANZA : UMUSORE YAGIYE KWIBA AHASIGA UBUZIMA

Umusore wo mu karere ka Nyanza witwa Harerimana Jean Claude uzwi cyane nka Kiryabarezi arakekwaho kujya kwiba maze yavumburwa akahasiga ubuzima ubwo yageragezaga guhunga. ibi Byabereye mu...
25 February 2025 Yasuwe: 870 0

Ibintu 10 ugomba gutangira gukora ubu niba ushaka kuzakira

Gukira ntibyizana birakorerwa kandi bigasaba kwitanga. Gutera imbere bucye bucye ukaba uzagera ku bukire ntabwo ari ibintu byoroshye ariko byagerwaho. Ababashije gukirigita ifaranga no kugera ku...
25 February 2025 Yasuwe: 1672 0

Umunsi Umuraperi Dmx ataramira abantu ibihumbi 500

Ku bakunda umuziki hari ibitaramo biba ari iby’amateka , bikaba ari bya bitaramo byitabirirwe na bantu uruhumbirajana bya bitaramo inkuru zabyo zizajya zibarirwa na bazavuka mu binyejana byinshi...
25 February 2025 Yasuwe: 561 0

Selena Gomez na Zoe Saldaña mu begukanye ibihembo bya ‘SAG Awards 2025’

Umuhanzikazi Selena Gomez ubifatanya no gukina filime, ari mu begukanye ibihembo bya ‘Screen Actors Guild Awards 2025’, mu gihe abandi bakinnyi ba filime bazwi barimo Zoe Saldaña, Timothée Chalamet...
24 February 2025 Yasuwe: 276 0

Papa we ni umunyarwanda , Dore ibintu 10 ushobora kuba utazi ku muhanzi Stromae.

Umuhanzi stromae ari mu bahanzi bafite amazina aremereye ku rwego mpuzamahanga bafite inkomoko mu Rwanda , uyu muhanzi ni icyatwa mu muziki ku mugabane w’iburayi byumwihariko mu bihugu nk’ububiligi...
24 February 2025 Yasuwe: 1146 0