Imibare itangwa n’Ubuyobozi bw’Akarere ka Karongi igaragaza ko mu mwaka w’amashuri 2024-2025 muri aka karere habaruwe abanyeshuri bagera kuri 748 bataye ishuri ari nayo mpamvu hafashwe umwanzuro...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yaburiye Iran avuga ko mu gihe yakongera kugerageza gukora intwaro za nucléaire, igihugu cye kizongera kuzisenya mu kanya nk’ako guhumbya.
Ubufatanye mu bijyanye n’ubuhinzi n’ubworozi ni bimwe mu bikubiye mu masezerano u Rwanda rwasinyanye na Brésil, ubwo ibi bihugu byombi byahuriraga mu Nama y’Umuryango w’Abibumbye yiga ku biribwa...
Visi Perezida w’akanama k’u Burusiya gashinzwe umutekano, Dmitry Medvedev, yaburiye Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika wasabye igihugu cyabo kumvikana bwangu na Ukraine, avuga ko...
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yavuze ko nyuma yo kubona ko adashobora gukora siporo nk’uwabigize umwuga cyangwa ngo abe umucuruzi, yahisemo gushyigikira ababishoboye ku buryo bigirira...
Perezida Donald Trump yasabye ko umuhanzi Beyoncé akurikiranwaho kwakira indonke ya miliyoni 11 z’Amadolari kugira ngo ashyigikire kandidatire ya Kamala Harris bari bahatanye mu matora y’Umukuru...
Thailand na Cambodia bitabiriye ibiganiro by’amahoro biri kubera muri Malaysia, nyuma y’uko iminsi itanu ishize bari mu ntambara ibahanganishije ku mupaka ubahuza.