skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

Ntabwo tuzicara ngo turindire ko abantu baza gukora nk’ibyo bakoze mu 1994- Minisitiri Nduhungirehe

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko u Rwanda rutazicara ngo rurindire ko abakoze Jenoside yakorewe Abatutsi bongera gukora nk’ibyo bakoze mu 1994.
30 July 2025 Yasuwe: 471 0

Diddy yongeye gusaba kurekurwa

Umuraperi Diddy uheruka guhamwa n’ibyaha bibiri muri bitanu yashinjwaga, yongeye gusaba urukiko kumurekura, mu gihe agitegereje gukatirwa.
30 July 2025 Yasuwe: 167 0

Karongi: Abanyeshuri barenga 700 bataye ishuri

Imibare itangwa n’Ubuyobozi bw’Akarere ka Karongi igaragaza ko mu mwaka w’amashuri 2024-2025 muri aka karere habaruwe abanyeshuri bagera kuri 748 bataye ishuri ari nayo mpamvu hafashwe umwanzuro...
30 July 2025 Yasuwe: 572 0

Trump yongeye kuburira Iran yigambye kuzakomeza umugambi wo gukora intwaro za nucléaire

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yaburiye Iran avuga ko mu gihe yakongera kugerageza gukora intwaro za nucléaire, igihugu cye kizongera kuzisenya mu kanya nk’ako guhumbya.
29 July 2025 Yasuwe: 427 0

U Rwanda na Brésil byasinyanye amasezerano y’ubufatanye mu buhinzi

Ubufatanye mu bijyanye n’ubuhinzi n’ubworozi ni bimwe mu bikubiye mu masezerano u Rwanda rwasinyanye na Brésil, ubwo ibi bihugu byombi byahuriraga mu Nama y’Umuryango w’Abibumbye yiga ku biribwa...
29 July 2025 Yasuwe: 225 0

U Burusiya bwaburiye Trump wabusabye kumvikana na Ukraine bwangu

Visi Perezida w’akanama k’u Burusiya gashinzwe umutekano, Dmitry Medvedev, yaburiye Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika wasabye igihugu cyabo kumvikana bwangu na Ukraine, avuga ko...
29 July 2025 Yasuwe: 401 0

Maroc igiye kurega abasifuzi barimo Abanyarwandakazi

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Maroc (FRMF), rigiye gutanga ikirego mu Mpuzamashyirahamwe ya Ruhago muri Afurika (CAF), rirega abasifuzi barimo Mukansanga Salima na Umutesi Alice basifuye...
29 July 2025 Yasuwe: 165 0

Perezida Kagame yavuze impamvu ashyigikira siporo n’icyo yabwira abandi bayobozi bo muri Afurika batayitaho

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yavuze ko nyuma yo kubona ko adashobora gukora siporo nk’uwabigize umwuga cyangwa ngo abe umucuruzi, yahisemo gushyigikira ababishoboye ku buryo bigirira...
28 July 2025 Yasuwe: 238 0

Trump yasabye ko Beyoncé akurikiranwa

Perezida Donald Trump yasabye ko umuhanzi Beyoncé akurikiranwaho kwakira indonke ya miliyoni 11 z’Amadolari kugira ngo ashyigikire kandidatire ya Kamala Harris bari bahatanye mu matora y’Umukuru...
28 July 2025 Yasuwe: 468 0

Thailand na Cambodia batangiye ibiganiro by’amahoro

Thailand na Cambodia bitabiriye ibiganiro by’amahoro biri kubera muri Malaysia, nyuma y’uko iminsi itanu ishize bari mu ntambara ibahanganishije ku mupaka ubahuza.
28 July 2025 Yasuwe: 324 0