Uramutse ugiye kuganira ku baraperi bi bihe byose mu Rwanda ukibagirwa izina Mana y’i Rwanda , P fla , Capital wijyosi , The Great , Mutagatifu wa Nyarugenge , The Dictator , Father of Disses ,...
Nyuma yo kwimwa igihembo na kimwe muri bitatu yahataniraga muri ’Zzina Awards’, Gloria Buggie yifatiye ku gahanga abategura ibi bihembo bigenerwa abahanzi baba bakoze cyane buri mwaka muri Uganda.
Mu busanzwe umunsi wa Saint Valentin wizihizwa tariki ya 14 Gashyantare ku isi hose ufatwa nk’umunsi w’abakundana, uwo munsi ukaba uhurirana n’umunsi Kiliziya Gatolika izirikana ku buzima bwa...
Biratangaje kuba wamenyako mu isi dutuye igizwe n’ibihugu birenga 195 harimo ibihugu bine byonyine bifite amazina yabyo atangirwa n’inyuguti ya V , ese ibyo bihugu ni ibihe? Murakaza neza muriyi...
Umupira wa maguru ni umwe muri siporo zikundwa na bantu b’ingeri zose kuva ku mwana utera utugeri uri munda ya nyina kugera ku musaza rukukuri. umupira uzana ibyishimo , uhuza abantu ndetse ku...
Imbugankoranyambaga ni kimwe mu bintu byoroheje ubuzima ndetse ku munsi wa none zifasha ibyamamare gusangiza amakuru yabo mu buryo bworoshye abakunzi babo, ubu ku munsi wa none ntibigoye ko waba...
Umuhanzi Justin Bieber yagaragaye mu ruhame yambaye imyambaro yo kogana, bituma bamwe bongera kwibaza ku buzima bwe bwo mu mutwe, nyuma y’iminsi mike bihwihwiswa ko yaba yaratandukanye n’umugore we...