Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Karangazi Akarere ka Nyagatare bavuga ko babangamiwe cyane n’ababiba inka n’andi matungo bakayabaga bakagurisha inyama.
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Biribwa, PAM, ryatanze intambaza rigaragaza ko nibura umwe mu bantu batatu batuye mu gace ka Gaza amara iminsi batariye, mu gihe umubare w’abishwe n’inzara...
Igisirikare cya Ukraine cyatangaje ko kugenda kwa internet ya Starlink icuruzwa n’umushoramari Elon Musk, kwakomye mu nkokora itumanaho ry’abasirikare bahanganiye n’Abarusiya ku rugamba.
Serivisi za internet ya Starlink itangwa na SpaceX ya Elon Musk zavuye ku murongo mu ijoro ryakeye, bituma abayikoresha hirya no hino ku Isi babura internet mu gihe cy’amasaha asaga abiri n’igice.
Juma Jux n’umugore we akaba n’umukinnyi wa filime w’Umunya-Nigeria Priscilla Ajoke Ojo, bagaragaje ko bitegura kwibaruka imfura yabo nyuma y’amezi make bakoze ubukwe.
Urukiko Rukuru rw’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuri uyu wa 25 Nyakanga 2025 ruratangira kuburanisha urubanza ruregwamo Joseph Kabila wayoboye iki gihugu kuva mu 2001...
Ubuyobozi bw’Umuryango Never Again Rwanda, bwatangaje ko mu bushakashatsi bakoze mu 2020 basanze Abanyarwanda 19,9% bahura n’ihohoterwa rishingiye ku moko mu gihe 19,2% bakorerwa ivangura...