skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

Amerika yamaganiye kure u Bufaransa bushaka kwemeza Palestine nk’igihugu

Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Marco Rubio, yavuze ko igihugu cyabo cyamaganye u Bufaransa bushaka kwemera Palestine nk’igihugu.
25 July 2025 Yasuwe: 260 0

Abadepite bemeje itegeko rikemura amakimbirane mu bwubatsi n’ibidukikije

Inteko Rusange y’Umutwe w’Abadepite yemeje itegeko rigenga imirimo y’ubuhanga mu guhanga inyubako, iy’ubuhanga mu by’ubwubatsi n’iy’ubuhanga mu kubara, kugena no kugenzura ingano y’ibintu n’ibiciro...
25 July 2025 Yasuwe: 870 0

U Bufaransa bugiye kwemera Palestine nk’igihugu cyigenga

Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa yatangaje ko igihugu cye kigiye kuba icya mbere mu bigize umuryango wa G7 cyemeye Palestine nk’igihugu cyigenga.
25 July 2025 Yasuwe: 167 0

Perezida Kagame yahuye na Minisitiri w’Intebe mushya

Perezida Kagame yakiriye Minisitiri w’Intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva, baganira ku ngingo z’ingenzi zigize ubuzima bw’Igihugu.
24 July 2025 Yasuwe: 773 0

Yanga SC yitegura Rayon Sports yabonye umutoza mushya

Yanga SC iri guteganya gukina na Rayon Sports FC mu mukino wa gicuti, yabonye umutoza mushya, Romain Folz, wahawe akazi nyuma y’uko iyi kipe yo muri Tanzania itandukanye na Miloud Hamdi.
24 July 2025 Yasuwe: 289 0

Amerika yabujije Leta ya RDC gukorana na FDLR

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zabujije ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo gukorana n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR, zibwibutsa ko uwo mutwe wafatiwe ibihano.
24 July 2025 Yasuwe: 675 0

Abapolisi 178 basoje amahugurwa ku kurinda ituze no guhangana n’ibihungabanya umutekano mu mijyi

Ku wa Gatatu tariki ya 23 Nyakanga, abapolisi 178 basoje amahugurwa ajyanye no guhosha imyigaragambyo n’ibikorwa bya Polisi byo guhangana n’abagizi ba nabi mu mijyi (Riot Control and Urban...
24 July 2025 Yasuwe: 270 0

U Rwanda na Algeria biyemeje ubufatanye y’ubufatanye mu bya gisirikare

Repubulika y’u Rwanda na Algeria basinyanye amasezerano (MoU) agamije ubufatanye mu bya gisirikare, akaba ari intambwe ikomeye ishimangira umubano w’ibihugu byombi.
24 July 2025 Yasuwe: 175 0

Perezida Macron yareze Candace Owen wise umugore we umugabo

Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa yareze Candace Owen mu rukiko rwa Delaware muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, amushinja gukwirakwiza ibinyoma by’uko umugore we, Brigitte Macron, ari umugabo.
24 July 2025 Yasuwe: 177 0

Trump yabwiwe ko izina rye rigaruka kenshi muri dosiye za Epstein, abihakana yivuye inyuma

Muri Gicurasi 2025, Minisitiri w’Ubutabera Pam Bondi n’umwungiriza we Todd Blanche bagiranye inama na Perezida Trump, bamumenyesha ko izina rye ryagaragaye inshuro nyinshi muri dosiye zifitwe na...
24 July 2025 Yasuwe: 130 0