skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

RDC izakira abimukira birukanywe na Amerika muri iki cyumweru

Muri iki cyumweru, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo izakira abimukira b’abanyamahanga barenga 30 birukanywe na Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
15 April 2026 Yasuwe: 551 0

U Rwanda mu bihugu bigiye guhabwa umuti urinda agakoko gatera Sida

Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’Ikigega Global Fund gishyira ingufu mu kurwanya SIDA, Igituntu na Malariya, bikomeje gushyira ingufu mu gukwirakwiza umuti wakozwe n’uruganda Gilead ufasha mu kurinda...
15 April 2026 Yasuwe: 699 0

Diamond yateguje igitaramo i Kigali

Diamond Platnumz uri mu bahanzi bakomeye muri Afurika by’umwihariko mu y’Iburasirazuba, yateguje igitaramo kizabera i Kigali ku wa 29 Kanama 2026.
14 April 2026 Yasuwe: 467 0

Nyarugenge: Iduka ryo mu isoko ryibasiwe n’inkongi y’umuriro

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Mujyi wa Kigali yatangaje ko iduka ryarimo ibicuruzwa by’amoko anyuranye ryo mu isoko rya Nyarugenge ryafashwe n’inkongi y’umuriro ariko haboneka ubutabazi ibyarimo...
14 April 2026 Yasuwe: 822 0

NDOLI Parfait yasabye guhindurirwa amazina akitwa MANZI Parfait

NDOLI Parfait yasabye guhindurirwa amazina akitwa MANZI Parfait mu bitabo by’irangamimerere.
14 April 2026 Yasuwe: 180 0

Umunyamakuru Niyigaba Clement azaburana ibyaha bitandatu

Niyigaba Clement, akurikiranyweho ibyaha birimo kwangiza ibintu by’undi ku bushake, guteza imvururu cyangwa imidugararo muri rubanda, kurwanya ububasha bw’amategeko, gukoza isoni abayobozi...
14 April 2026 Yasuwe: 757 0

Aba’DJs’ bagiye gusora ibihumbi 224 Frw

Mu gihe ibihugu byo mu karere k’Afuruka y’iburasirazuba birimo n’u Rwanda bigisinziriye mu kubyaza umusaruro ubuhanzi, Kenya yateye intambwe ishyiraho itegeko ryo kwishyuza abavanga imiziki,...
14 April 2026 Yasuwe: 622 0

PSG yunamiye uwari umukinnyi wa Liverpool

Mbere yo gukina umukino wo kwishyura wa UEFA Champions League, ikipe ya Paris Saint Germain yunamiye uwari umukinnyi wa Liverpool FC, Diego Jota, witabye Imana mu bihe byashize.
14 April 2026 Yasuwe: 604 0

Minisitiri w’Intebe w’u Butaliyani yavuze ko amagambo ya Trump kuri Papa Léo XIV atari ayo kwihanganirwa

Minisitiri w’Intebe w’u Butaliyani, Giorgia Meloni, yatangaje ko amagambo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump aherutse gutangaza yibasira Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi,...
14 April 2026 Yasuwe: 780 0

Ikawa y’u Rwanda yaje muri eshanu nziza muri ‘World of Coffee San Diego’

Ikawa y’u Rwanda yaje muri eshanu nziza zasogongewe mu Imurikagurisha mpuzamahanga ry’Ikawa ‘World of Coffee San Diego’, ryaberaga i California muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
14 April 2026 Yasuwe: 201 0