Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’Ikigega Global Fund gishyira ingufu mu kurwanya SIDA, Igituntu na Malariya, bikomeje gushyira ingufu mu gukwirakwiza umuti wakozwe n’uruganda Gilead ufasha mu kurinda...
Mbere yo gukina umukino wo kwishyura wa UEFA Champions League, ikipe ya Paris Saint Germain yunamiye uwari umukinnyi wa Liverpool FC, Diego Jota, witabye Imana mu bihe byashize.
Minisitiri w’Intebe w’u Butaliyani, Giorgia Meloni, yatangaje ko amagambo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump aherutse gutangaza yibasira Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi,...
Ikawa y’u Rwanda yaje muri eshanu nziza zasogongewe mu Imurikagurisha mpuzamahanga ry’Ikawa ‘World of Coffee San Diego’, ryaberaga i California muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.