Amerika yahereye mu 1953 ihirika ubutegetsi bwa Iran, mu ihirikwa ry’ubutegetsi ryabayeho ku wa 19 Kanama 1953. Icyo gihe minisitiri w’Intebe Mohammad Mosaddeg yakuwe ku butegetsi hashyirwaho...
Bamwe mu baturage bo mu Mirenge itandukanye y’Igihugu, baravuga ko bahangayikishijwe n’ubuzima bwabo bw’ejo hazaza nyuma y’aho benshi muri bo amafaraga y’amituweli bishyuraga yiyongereye.
Abavandimwe ba Michael Jackson witabye Imana mu 2009, bareze uyu muhanzi w’icyamamare, bagaragaza ko yabashoye mu busambanyi ubwo bari bakiri bato, bakifuza indishyi.
Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda, Prudence Sebahizi, yatangaje ko intambara ya Amerika, Israel na Iran izagira ingaruka ku bihugu byose by’Isi kuko ibikomoka kuri peteroli byinshi Isi ikoresha bica...
Abaturage n’abashoramari bo mu Karere ka Burera bavuga ko amaherezo babonye igisubizo kubera ko igishushanyombonera cyabonetse, bakaba bizera ko bigiye kubahindurira ubuzima.