skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

Imyaka 73 irashize Amerika ishaka kugira Iran akarima kayo

Amerika yahereye mu 1953 ihirika ubutegetsi bwa Iran, mu ihirikwa ry’ubutegetsi ryabayeho ku wa 19 Kanama 1953. Icyo gihe minisitiri w’Intebe Mohammad Mosaddeg yakuwe ku butegetsi hashyirwaho...
3 March 2026 Yasuwe: 415 0

Bahangayikishijwe n’uko umafaranga ya mituweli bishyuraga yiyongereye

Bamwe mu baturage bo mu Mirenge itandukanye y’Igihugu, baravuga ko bahangayikishijwe n’ubuzima bwabo bw’ejo hazaza nyuma y’aho benshi muri bo amafaraga y’amituweli bishyuraga yiyongereye.
3 March 2026 Yasuwe: 274 0

Abavandimwe ba Michael Jackson bavuze ko yabasambanyije, basaba indishyi

Abavandimwe ba Michael Jackson witabye Imana mu 2009, bareze uyu muhanzi w’icyamamare, bagaragaza ko yabashoye mu busambanyi ubwo bari bakiri bato, bakifuza indishyi.
3 March 2026 Yasuwe: 186 0

Wizkid ni we muhanzi ucuruza indirimbo kurusha abandi muri Afurika

Wizkid yaciye agahigo, aba umuhanzi w’Umunyafurika ucuruza cyane kurusha abandi nk’uko bigaragara ku rutonde rw’abahanzi bacuruza kurusha abandi ku Isi ku rubuga rwa ChartMasters.
3 March 2026 Yasuwe: 74 0

Sudani y’Epfo: Abitwaje intwaro bishe abarenga 160 barimo abashinzwe umutekano

Mu rukerera rwo ku wa 1 Werurwe 2026, abitwaje intwaro bataramenyekana neza bagabye igitero muri Sudani y’Epfo, bica abantu 169 barimo abashinzwe umutekano.
3 March 2026 Yasuwe: 103 0

AFC/M23 yaciye amarenga yo gukomeza gutera Kisangani no guhorera Willy Ngoma

Ihuriro AFC/M23 ryaciye amarenga ko rizakomeza gutera ikibuga cy’indege cya Bangoka muri Kisangani no guhorera Lt Col Willy Ngoma wahoze ari Umuvugizi wayo ku rwego rwa gisirikare.
3 March 2026 Yasuwe: 541 0

Intambara muri Iran: Ambasade ya Amerika i Riyad yatewe, Hezbollah igaba ibitero kuri Israel

Intambara ikomeje gukaza umurego mu karere k’Uburasirazuba bwo Hagati, aho kuri uyu wa Kabiri tariki ya 3 Werurwe 2026 hagaragaye ibitero bishya by’indege zitagira abapilote (drones) byibasiye...
3 March 2026 Yasuwe: 304 0

U Rwanda rwavuze ku ngaruka intambara ya Amerika na Iran ishobora kugira ku bukungu bwarwo

Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda, Prudence Sebahizi, yatangaje ko intambara ya Amerika, Israel na Iran izagira ingaruka ku bihugu byose by’Isi kuko ibikomoka kuri peteroli byinshi Isi ikoresha bica...
3 March 2026 Yasuwe: 389 0

Burera: Igishushanyombonera cyaje ari igisubizo ku bahatuye n’abashoramari

Abaturage n’abashoramari bo mu Karere ka Burera bavuga ko amaherezo babonye igisubizo kubera ko igishushanyombonera cyabonetse, bakaba bizera ko bigiye kubahindurira ubuzima.
3 March 2026 Yasuwe: 90 0

Tender Notice for SKOL visibility works and Painting SBL’s outlets in Kigali and Upcountry

Skol Brewery Ltd invites all interested companies to submit their best bids for:
2 March 2026 Yasuwe: 182 0