Umuhanzi Mike Kayihura yateguje indirimbo nshya yise ‘Come On’ ateganya gusushyira hanze ku wa Mbere tariki ya 20 Mata 2026, ari na yo ya mbere mu zigize umuzingo we mugufi (EP) yise ‘Intwaza’...
Ambasaderi w’u Rwanda mu Burusiya, Maj. Gen. Joseph Nzabamwita yashyikirije Perezida wa Serbia, Aleksandar Vučić, impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri icyo gihugu.
Mu ijoro ryo ku wa 16 Mata 2026 yanditse kuri Instagram ahatangirwa ubutumwa bumara amasaha 24 ko hari Abarundi batishimiye icyemezo yafashe cyo gusaba Ubwenegihugu bw’u Rwanda akabuhabwa.
Kuva mu Ukuboza 2025, mu Burundi hinjiye amakamyo menshi yikoreye intwaro z’ubwoko butandukanye, bikekwa ko iki gihugu gishobora kuba kiri kwitegura intambara karundura.
Umunya-Portugal akaba na kapiteni wa Manchester City, Bernardo Silva, yatangaje ko azava muri iyi kipe igihe amasezerano ye azaba arangiye mu mpera z’uyu mwaka w’imikino, ariko ashimangira ko...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zasabye ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo gusenya bwangu umutwe w’iterabwoba wa FDLR kandi ko kutabikora bishobora gutuma bufatirwa ibihano.
Ibicuruzwa binyuranye bikorerwa mu Rwanda birimo ikawa, icyayi, urusenda, ubuki n’ibindi, biri mu bizamurikirwa mu imurikagurisha ryo mu Bushinwa rigamije guteza imbere ibyoherezwa n’ibitumizwa mu...
Imodoka y’Imbangukiragutabara yatabaye umugabo wari umaze kugwa igihumure mu isoko ry’abahoze ari iry’abazunguzayi riherereye mu Kagari k’Akabahizi mu Murenge wa Giteka mu Karere ka Nyarugenge.