Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA), Donald Trump yavuze ko azakomeza gufunga ibyambu bya Iran ndetse icyo gihugu kizahura n’akaga gakomeye kugeza igihe kizemerera amasezerano y’amahoro,...
Ku nshuro ya mbere muri Tanzania hatowe Miss World Tanzania ikamba Latricia Ian w’imyaka 24 y’amavuko akaba ari we wegukanye ikamba, aho yitezweho kuzahagararira icyo gihugu mu marushanwa y’ubwiza...
Raporo y’irangamimerere mu Rwanda ya 2025 igaragaza ko muri uwo mwaka ingo zisaga ibihumbi 50 zashyingiwe mu mategeko, ndetse umubare munini w’abagore bashaka bari munsi y’imyaka 25 aho abarenga...
Trump yatangaje ko Iran izahura n’ibibazo itigeze ibona mu mateka yayo niba itemeye kugirana ibiganiro na Amerika. Yabivuze mu kiganiro n’Umunyamakuru John Fredericks, ko intambara iri hafi...
Tariki 21 Mata 1994 ni umunsi wa 15 mu minsi 100 Jenoside yakorewe Abatutsi yamaze. Kuri uyu munsi leta y’abicanyi yari ikomeje umugambi wayo mubisha wo gutsemba Abatutsi mu bice bitandukanye hirya...
Guverineri wa Banki Nkuru ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, André Wameso, yatangaje ko guhera tariki ya 9 Mata 2027, nta muntu uzaba wemerewe kwishyura serivisi iyo ari yo yose mu...
Umujyanama wihariye wa Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe ubufatanye na Afurika, Massad Boulos, yashimye intambwe imaze guterwa mu rugendo rwo gushaka umuti urambye w’intambara mu...