skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

Iran na USA bari guterana amagambo aganisha mu ntambara nshya

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA), Donald Trump yavuze ko azakomeza gufunga ibyambu bya Iran ndetse icyo gihugu kizahura n’akaga gakomeye kugeza igihe kizemerera amasezerano y’amahoro,...
21 April 2026 Yasuwe: 878 0

Latricia Ian yagizwe Miss World Tanzania

Ku nshuro ya mbere muri Tanzania hatowe Miss World Tanzania ikamba Latricia Ian w’imyaka 24 y’amavuko akaba ari we wegukanye ikamba, aho yitezweho kuzahagararira icyo gihugu mu marushanwa y’ubwiza...
21 April 2026 Yasuwe: 526 0

Umuhungu wa Chameleone Abba Marcus arateganya kwibaruka imfura

Umuhungu w’umuhanzi wo muri Uganda Jose Chameleone, uzwi nka Abba Marcus Mayanja n’umukunzi we bagiye kwibaruka imfura.
21 April 2026 Yasuwe: 482 0

Abagore barenga 800 bashyingiwe batarageza imyaka 21 muri 2025

Raporo y’irangamimerere mu Rwanda ya 2025 igaragaza ko muri uwo mwaka ingo zisaga ibihumbi 50 zashyingiwe mu mategeko, ndetse umubare munini w’abagore bashaka bari munsi y’imyaka 25 aho abarenga...
21 April 2026 Yasuwe: 330 0

Ihenda ry’ubutaka ngo riri gutuma abasore bashakira abagore iwabo

Ihenda n’izamuka ry’igiciro cy’ubutaka hari abagaragaza ko bikomeje kuba ikibazo kibangamira abasore badafite amikoro ahagije ,ibi bigatuma iyo bageze mu gihe cyo gushaka bashakira abagore mu nzu...
21 April 2026 Yasuwe: 415 0

Trump yahigiye kwivuna Iran nitemera ibiganiro, imusubiza ko idashobora kwemera igitutu

Trump yatangaje ko Iran izahura n’ibibazo itigeze ibona mu mateka yayo niba itemeye kugirana ibiganiro na Amerika. Yabivuze mu kiganiro n’Umunyamakuru John Fredericks, ko intambara iri hafi...
21 April 2026 Yasuwe: 404 0

Tariki 21 Mata 1994: Ni wo munsi hishwe Abatutsi benshi mu gihugu basaga ibihumbi 250

Tariki 21 Mata 1994 ni umunsi wa 15 mu minsi 100 Jenoside yakorewe Abatutsi yamaze. Kuri uyu munsi leta y’abicanyi yari ikomeje umugambi wayo mubisha wo gutsemba Abatutsi mu bice bitandukanye hirya...
21 April 2026 Yasuwe: 196 0

Marina yamaganiye kure Bad Rama wamwise umukobwa we

Umuhanzikazi nyarwanda Marina Deborah yamaganye yivuye inyuma ibyatangajwe na Bad Rama umaze iminsi agaragara mu bikorwa byo guharabika abayobozi bakuru b’u Rwanda, ashimangira ko nta mubano...
21 April 2026 Yasuwe: 354 0

Leta ya RDC igiye guca ikoreshwa ry’Amadolari

Guverineri wa Banki Nkuru ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, André Wameso, yatangaje ko guhera tariki ya 9 Mata 2027, nta muntu uzaba wemerewe kwishyura serivisi iyo ari yo yose mu...
21 April 2026 Yasuwe: 468 0

USA yashimye intambwe yatewe mu biganiro bihuza RDC na AFC/M23

Umujyanama wihariye wa Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe ubufatanye na Afurika, Massad Boulos, yashimye intambwe imaze guterwa mu rugendo rwo gushaka umuti urambye w’intambara mu...
20 April 2026 Yasuwe: 603 0