Abayobozi batatu ba Koperative yitwa Umoja in Nguvu ishinzwe ibikorwa byo gucunga umutekano mu Karere ka Nyanza, baburanye ubujurire ku cyemezo cy’Urukiko rw’Ibanze rwa Busasamana cyabategetse...
Uruganda rukomeye ku isi mu gukora udukingirizo, Karex Bhd, rwatangaje ko rugiye kuzamura ibiciro by’udukingirizo kubera ihangana riri hagati ya Iran na Amerika ifatanyije na Israel. Udukingirizo...
Perezida wa Chad, Mahamat Idriss Déby, yatangaje ko igihugu cye kigiye kohereza abasirikare 1,500 muri Haiti iherereye muri Amerika ya Ruguru mu rwego rwo gushyigikira ingabo mpuzamahanga...
Tariki 22 Mata 1994 ni umunsi wa 16 mu minsi 100 Jenoside yakorewe Abatutsi yamaze. Kuri uyu munsi leta y’abicanyi yari ikomeje umugambi wayo mubisha wo gutsemba Abatutsi mu bice bitandukanye hirya...
Ku wa 21 Mata 2026, Ubushinjacyaha bw’Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwandagarijwe mu rubanza rwa Lt Gen Philémon Yav Irung ushinjwa gukorana na Leta y’u Rwanda.
Ubushakashatsi bw’Ikigo gikora ubusesenguzi ku bijyanye n’abimukira cyo mu Budage, cyagaragaje ko imibare y’abimukira batuye mu Burayi yiyongereyeho miliyoni 2,1 mu 2025, bituma bagera kuri...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yatangaje ko agahenge kazakomeza kugeza hasojwe ibiganiro bihagarika intambara ya Iran igiye kumara amezi abiri.
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA), Donald Trump yavuze ko azakomeza gufunga ibyambu bya Iran ndetse icyo gihugu kizahura n’akaga gakomeye kugeza igihe kizemerera amasezerano y’amahoro,...
Ku nshuro ya mbere muri Tanzania hatowe Miss World Tanzania ikamba Latricia Ian w’imyaka 24 y’amavuko akaba ari we wegukanye ikamba, aho yitezweho kuzahagararira icyo gihugu mu marushanwa y’ubwiza...