Hannah Karema Tumukunde wegukanye ikamba rya Nyampinga wa Uganda 2023 na Eddy Kenzo bakomeje kuvusha benshi aho bivugwa ko baba bari mu rukundo rw’ibanga.
Abagize itsinda Kigali Boss Babes izina rimaze kumenywa na benshi mu gihe gito kubera abarigize bahishuye byinshi ku mushinga wabo wa mbere ndetse banavuga ku bantu bakoza kubaca intege barimo...
Bame mu bakobwa begukanye ikamba rya Miss Rwanda barimo umugore wa Prince Kid Iradukunda Elsa,Nimwiza Meghan ndetse na Iradukunda Liliane baherekeje Isimwe Dieudonne wamenyekanye nka Prince Kid...
Kuri uyu wa 28 Mata 2023 ubwo umuhanzi Yvan Buravan yari kuba yizihiza isabukuru y’imyaka 28 Chiffa Marty wahoze ari umkunzi we yishushanyijeho amazine ye ndetse n’andi magambo nk’ikimenyetso...