skol
Kigali

Author

ISHIMWE JANE

Amashusho y’umunyarwandakazi Lynda Ddane yambaye ubusa buri buri akomeje kuvugisha benshi

Amashusho agaragaza umunyarwandakazi ukorera muri Uganda umwuga w’itangazamakuru ndetse no kuvanga imiziki wamenyekanye nka Lynda Ddane yambaye ubusa akomeje kuvugisha benshi muri iki gihugu cyane...
26 April 2023 Yasuwe: 6285 0

Iby’imodoka Bahavu yatsindiye muri Rwanda International Movie Awards bikomeje kugorana

Ibibazo by’imodoka umukinnyi wa Filime Bahavu Usanase Jeanette yatsindiye mu irushanwa rya Rwanda International Movie Awards bikomeje kudogera nyuma y’uko...
26 April 2023 Yasuwe: 592 0

Yolo The Qween yasabiye imbabazi umusore wamubwiye ko amukunda kurusha Imana

Umnyarwandakazi uvugisha benshi kubera uburanga n’ikimero afite wamenyekanye nka Yolo The Qween yasabiye imbabazi ku Mana umufana wamubwiye ko amukunda kurusha Imana ibyo yafashe nko...
25 April 2023 Yasuwe: 2015 0

Biravugwa ko Platin yatandukanye n’umugore we nyuma yo gusanga umwana yabyaye atari uwe

Benshi bakomeje kwibaza ku makuru yo gutangukana kwa Platin n’umugore we cyane ko iyi nkuru isa nkaho ari nshya mu matwi ya benshi.
25 April 2023 Yasuwe: 7021 0

Ibintu 10 umukobwa yakora bigatuma umusore yifuza kumugira umugore

Kugira ngo umusore afate umwanzuro wo guhitamo umukobwa wamubera umugore w’ubuzima bwe bwose kenshi bigirwamo uruhare n’umukobwa bakundana. Ibyo ukora nuko witwara bishobora kumuhamiriza ko wavamo...
25 April 2023 Yasuwe: 2185 1

Cindy Sanyu ari mu byishimo byinshi byo kwibaruka ubuheture

Umuhanzikazi uri mu bakuzwe cyane muri Uganda Cindy Sanyu ari mu byishimo byinshi nyuma yo kwibaruka umwana we wa gatatu akaba uwa kabiri abyaranye n’umugabo we rynce Okuyo Joel...
25 April 2023 Yasuwe: 541 0

Dore ibyo kurya warya bikagufasha kugabanya ibiro mu buryo bworoshye

Bimwe mu byo kurya wafata bikagufasha gutakaza ibiro mu buryo bworoshye kandi bikagufasha no kugira ubuzima bwiza muri rusange cyane umumaro wabyo atari uwo kugabanya ibiro gusa uretse ko...
25 April 2023 Yasuwe: 1659 0

Hotel Cristiano Ronaldo ari kubaka mu Bufaransa yongeweho imyaka ine kugira ngo yuzure

Hotel umunyabigwi Christiano Ronaldo arimo kubaka mu Bufaransa byatangajwe ko iuzura mu mwaka wa 2027 mu gihe yatangiye kubakwa biteganyijwe ko izuzura mu mwaka wa...
25 April 2023 Yasuwe: 1655 0

Ed Sheeran yajyanywe mu nkiko akurikiranyweho gushishura indirimbo ya Marvin Gaye

Umuhanzi akaba n’umwanditsi w’indirimbo Ed Sheeran yajyanywe mu nkiko ashinjwa gushishura injyana n’uburyo bw’imicurangire bw’indirimbo Marvin Gaye yakoze mu...
25 April 2023 Yasuwe: 227 0

USA:Umusore yahishuye impamvu yahisemo kwitereshaho ikibuno nkicya Nick Minaj(Amafoto)

Muri Leta zunze ubumwez’America umusore witwa Rudy Villalobos w’imyaka 28 yahishuye impamvu yahisemo kwitereshaho ikibuno nkicya Nick Minaj anasaba abantu kubaha amahitamo ye bakareka gukomeza...
24 April 2023 Yasuwe: 2884 1
0 | 10 | 20 | 30 | 40 | 50 | 60 | 70 | 80 | ... | 2370