Mu gihe u Rwanda ruri mu gihe cyo Kwibuka ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe Abatutsu mu 1994 ntihakirengagizwa bamwe mu banyamakuru bafatwa nkabaharaniraga ukuri ndetse akaba ari nako bazira.
Umuhanzi Cyusa Ibrahim umenyerewe mu ndirimbo ziganjemo iziri mu njyana gakondo yabwiye Abanyarwanda bose by’umwihariko urubyiruko ko kwibuka bitagira abo bireba ahubwo ko ari iby’Abanyarwanda bose...
Ku basobanukiwe iby’urukundo bavugaga ko urukundo ari indwara nk’izindi zose kandi ishobora kwangiza ubuzima bw’umuntu, hari bimwe mu bibazo bishobora gutera umuntu kurwara indwara yo gukunda...
Aho isi igeze cyane nko mu myidagaduro biroroshye ko umuntu aba ikirangirire cyangwa akabona amahirwe atandukanye mu buzima abikomoje ku mafoto asangiza abamukurikira ku mbugankoranyambaga...