Tiwa Savage umaaze kuba ikirangirire mu bahanzikazi b’abahanga mu gukora umuziki mwiza yasobanuye uwo yaririmbye mu ndirimbo yise “Somebody’s son” yakoranye n’umuhanzikazi Brandy ndetse...
Mu Karere ka Burera mu Murenge wa Kivuye umuturage yafatanywe ibilo 10 by’urumogi yari akuye muri Uganda, abwira Polisi y’u Rwanda ko ari akazi yari yahawe n’uwari wamwizeje kumuhemba 5 000 Frw.
UMUHESHA W’INKIKO W’UMWUGA, ARAMENYESHA ABANTU BOSE KO AZATEZA MURI CYAMUNARA UMUTUNGO UTIMUKANWA WA NDAGIJIMANA Jean UHEREREYE MU MUDUGUDU WA URUGWIRO,AKAGALI KA CYIMO, UMURENGE WA MASAKA,AKARERE...
Umunyamategeko Me Evode Kayitana usanzwe akora umwuga mu kunganira abandi mu mategeko, avuga ko ingingo y’itegeko ivuga ko cyaha cyo gukora ibiterasoni mu ruhame, iteye urujijo kuko itagaragaza...
Umunyamideli Mucyo Giselle waserutse mu kirori cya Bianca Fashion Hub yambaye ikanzu ikoze mu note ya bitanu yahishuye uko yagize igitekerezo ariko avuga ko muri we akunda kurangwa n’udushya.
Kellia Ruzindana uri mu bakobwa bitabiriye irushanwa rya Nyampinga w’u Rwanda 2022 akaba n’umwe mu bakobwa bavuzwe mu rukundo na Element umwe mu bakora imiziki myiza hano mu Rwanda akuye urujijo ku...