Umuhanzi ukomeye mu gihugu cya Uganda wamamaye nka Eddy Kenzo yahishuye icyamuteye gutera Microphone mu bafana ubwo yari ku rubyinoro, avuga ko ibyo yakoze kuri we byari bikwiye kuko yabitewe...
Mu rukundo haberamo ibintu byinshi kuburyo rimwe na rimwe umuntu akora ibintu yibwira ko ari ko gushimisha umukunzi we ariko nyuma agasanga ari amakosa yakoze ndetse bikanamugiraho ingaruka nyuma.