skol
Kigali

Author

ISHIMWE JANE

Dj Dizzo urembye cyane yageze mu Rwanda

Mutambuka Derrick wamenyekanye nka Dj Dizzo nyuma y’uko abwiwe n’abaganga ko asigaje iminsi mike yo kubaho yageze mu Rwanda aho aje kuharangiriza ubuzima kikaba ari kimwe mu byifuzo yari afite.
27 June 2022 Yasuwe: 4077 0

Umwana wa Bushali yakorewe ibirori by’isabukuru y’imyaka 2 byitabirwa n’ibyamamare(AMAFOTO)

Umuhanzi ukunzwe na benshi hano mu Rwanda ubarizwa mu itsinda rya Kinya-Trap wamamaye nka Bushali yakoreye ibirori umwana we byo kwizihiza isabukuru y’imyaka ibiri byitabirwa n’ibyamamare...
27 June 2022 Yasuwe: 1428 0

Dore amagambo buri mugore yishimira kubwirwa n’umugabo we

Ijambo ry’umuntu ni kimwe mu bintu bishobora gukomeza umubano w’abashakanye cyangwa rikawusenya ariko hari amagambo buri mugore wese yifuza kumva mu matwi ye cyane iyo ayabwiwe n’umugabo we bikaba...
27 June 2022 Yasuwe: 1650 0

Mu mafoto reba ibyaranze igitaramo cya Seka Live kitabiriwe n’ibyamamare bitandukanye

Mu mafoto atandukanye irebere ibyaranze igitaramo cya Seka Live kitabiriwe n’ibyamamare bitandukanye bya hano mu Rwanda ndetse n’umuyarwenya ukomeye Eric Omondi uturuka mu Gihugu cya Kenya.
27 June 2022 Yasuwe: 974 0

Harmonize yambitse impeta umukunzi we bitegura kurushinga(AMAFOTO)

Umuhanzi ukunzwe n’abatari bake ukomoka muri Tanzania yambitse impeta umukunzi we Kajala baherutse gusubirana mu rukundo bemeranya kubana nk’umugore n’umugabo.
27 June 2022 Yasuwe: 836 0

Reba ibyaranze igitaramo cya ’Choplife Kigali’ kitabiriwe na Minisitiri Aurore(AMAFOTO)

Minisitiri Aurore Munyangaju ni umwe mu bitabiriye igitaramo cya ’Choplife Kigali’ cyaririmbyemo abahanzi bakunzwe muri Afurika barimo abavuye hanze y’u Rwanda nka ’Tekno, Nasty C,Khaligraph...
26 June 2022 Yasuwe: 2305 0

Ariel Wayz na Bwiza batunguranye nyuma y’ibibazo bisanzemo

Umuhanzikazi Ariel Wayz na mugenzi we Bwiza nyuma yo kwisanga mu bibazo batewe n’itsinda rya Symphony Band ubwo bahuraga bahoberanye biratinda ndetse buri umwe yerekanye ko yishimiye guhura n’undi...
25 June 2022 Yasuwe: 2405 0

Kicukiro:Abaturage barishimira ikiraro bubakiwe (AMAFOTO)

Abaturage bo mu Karere ka Kicukiro barishimira ikiraro bubakiwe bavuga ko kizaborohereza mu buhahirane hagati y’akarere ka Kicukiro na Nyarugenge.
25 June 2022 Yasuwe: 2113 0

Dore impamvu abana benshi usanga biyumvamo ba Nyina kuruta uko biyumvamo ba Se

Abantu benshi bakunze kwibaza impamvu abana benshi usanga biyumvamo ba Nyana kuruta uko biyumvamo ba Se ariko iyo urebye usanga hari umubano cyangwa se ibihe umubyeyi w’umu Mama agirana n’umwana...
25 June 2022 Yasuwe: 1691 0

Uganda: Abanyeshuri bo mu myaka ibiri bahagaritswe kubera imirwano yakomerekeyemo benshi

Ubuyobozi w’Ishuri ryisumbye rya Mbarara High School muri Uganda, bwahagaritse mu gihe cy’ibyumweru 2 abanyeshuri bose bo mu mwaka wa gatandatu n’abo mu wa kane nyuma yo kurwana hagati yabo...
25 June 2022 Yasuwe: 1262 0