Mutambuka Derrick wamenyekanye nka Dj Dizzo nyuma y’uko abwiwe n’abaganga ko asigaje iminsi mike yo kubaho yageze mu Rwanda aho aje kuharangiriza ubuzima kikaba ari kimwe mu byifuzo yari afite.
Ijambo ry’umuntu ni kimwe mu bintu bishobora gukomeza umubano w’abashakanye cyangwa rikawusenya ariko hari amagambo buri mugore wese yifuza kumva mu matwi ye cyane iyo ayabwiwe n’umugabo we bikaba...
Mu mafoto atandukanye irebere ibyaranze igitaramo cya Seka Live kitabiriwe n’ibyamamare bitandukanye bya hano mu Rwanda ndetse n’umuyarwenya ukomeye Eric Omondi uturuka mu Gihugu cya Kenya.
Umuhanzikazi Ariel Wayz na mugenzi we Bwiza nyuma yo kwisanga mu bibazo batewe n’itsinda rya Symphony Band ubwo bahuraga bahoberanye biratinda ndetse buri umwe yerekanye ko yishimiye guhura n’undi...
Abantu benshi bakunze kwibaza impamvu abana benshi usanga biyumvamo ba Nyana kuruta uko biyumvamo ba Se ariko iyo urebye usanga hari umubano cyangwa se ibihe umubyeyi w’umu Mama agirana n’umwana...
Ubuyobozi w’Ishuri ryisumbye rya Mbarara High School muri Uganda, bwahagaritse mu gihe cy’ibyumweru 2 abanyeshuri bose bo mu mwaka wa gatandatu n’abo mu wa kane nyuma yo kurwana hagati yabo...