skol
Kigali

Author

ISHIMWE JANE

Umugabo wa Rihanna ASAP Rocky wari wafunzwe yarekuwe

Umuraperi ASAP wari wafunzwe ashinjwa kurasa umuntu yarekuwe nyuma yo gutanga ingwate y’amafaranga ingana na 550.000$ asaga miliyoni 560 z’amanyarwanda.
21 April 2022 Yasuwe: 756 0

Keza yahishuye icyari cyaramutandukanyije na The Trainer bakundanye

Niyigena Solange wamenyekanye nka Keza Terisky mu kumurika imideri no mu mashusho y’indirimbo nyinshi zitandukanye aherutse kwambikwa impeta na The Trainer bitangaza benshi nyuma yuko byari...
21 April 2022 Yasuwe: 1363 0

Habura iminsi mike ngo bibaruke imfura yabo umugabo wa Rihanna yafunzwe.

Umuraperi ASAP Rocky uri mu rukundo na Rihanna bitegura kwibaruka imfura yabo yafatiwe ku kibuga kindege ubwo bavaga mu biruhuko Barbodos arafungwa azira kuba yararashe...
21 April 2022 Yasuwe: 578 0

Nigeria: Ubwo hakinwaga umukino w’inkuru ya Yesu byarangiye umwe ahaburiye ubuzima

Sule Ambrose umunyeshuri wigaga mu kigo cy’Iseminari ukomoka muri Nijeriya yapfuye ubwo yakinaga umukino yigana inkuru ya Yesu kuwa Gatanu mutagatifu.
20 April 2022 Yasuwe: 1791 0

Ihere ijisho uburanga bwa Miss Nimwiza Meghan wikuye k’ubuyobozi mu muryango wa Miss Rwanda

Uburanga bwa Nyampinga w’u Rwanda 2019 Nimwiza Meghan wari ushinzwe itumanaho mu irushanwa rya Miss Rwanda ariko kugeza ubu bakaba bamaze gutandukana.
20 April 2022 Yasuwe: 2581 0

Miss Mutesi Jolly yongeye kwibasirwa nyuma yo gutangaza ko atazitabira ibirori by’isabukuru ya Lt Gen...

Nyampinga w’urwanda 2016 Mutesi Jolly yongeye gutanga ikiganiro ku bakoresha Twitter nyuma yo gutangaza ko atazitabira ubutumire bw’umuhungu wa Perezida wa Uganda Lt Gen...
20 April 2022 Yasuwe: 2528 0

Menya ibintu 7 umugabo ugukunda by’ukuri adashobora kugukorera

Mu rukundo habamo ibintu byinshi rimwe na riwe hakaho no kwibeshya ko waba ukunzwe kandi bidahari ariko hari bimwe mu bimenyetso cyangwa ibikorwa umugabo ashobora kugukorera bikaguhamiriza urwo...
20 April 2022 Yasuwe: 3581 0

Mu mafoto atandukanye Rihanna na Asap bagaragaye bari ku ivuko rya Rihanna(AMAFOTO)

Umuhanzikazi akaba n’umunyamideli Rihanna yongeye kugaragara ari kumwe n’umukunzi we Asap Rocky bimaze iminsi bivugwa ko batandukanye ariko bikaza kugaragara ko ayo makuru yari ibihuha bongeye...
20 April 2022 Yasuwe: 2241 0

Shaddyboo ku isabukuru ye yivuze ibigwi ahishura kimwe mu bintu adashobora guhagarika

Mbabazi Shadia wamamaye ku izina rya Shaddyboo Umunyamideri wa mbere mu Rwanda ukurikirwa n’imbaga nyamwishi ku mbuga nkoranyambaga ze ku isabukuru ye y’amavuko yivuze ibigwi nk’umugore wiyiziho...
20 April 2022 Yasuwe: 1986 1

Mc Nario uherutse kubatizwa yavuze impamvu yavuye mu byisi n’icyamukuye kuri Flash Tv

Mutabazi Robert wamenyekanye mu ruhando rw’imyidagaduro nka Mc Nario yahishuye ko ubu atakiri mubyo yita ibyisi avuga ko ubu yerekeje indi nzira akakira...
20 April 2022 Yasuwe: 1505 0
0 | ... | 2110 | 2120 | 2130 | 2140 | 2150 | 2160 | 2170 | 2180 | 2190 | ... | 2370