Kanye West wahinduye izina akiyita Ye, yakuwe mu bagomba kuririmba mu birori byo gutanga ibihembo bya Grammy Awards 2022 kubera imyitwarire amaze iminsi agaragaza ku mbuga...
Immpaka zikomeje kuba nyinshi kumbugankoranyambaga zatewe n’ifungwa ry’igitaramo ‘The love drunk concert’ cyari cyatumiwemo umuraperi wo muri Nigeria Ycee kikaza gufungwa ku munota wa nyuma...
Uwimana Jeannette ufite ubumuga bwo kutumva no kutavuga ni umwe mu bakobwa batunguranye mu irushanwa rya Miss Rwanda2022, aho yaje no kwegukana ikamba ry’uwahize abandi kugira umushinga urimo...