Mu rwego rwo kwishimira gusoza umwaka wa 2022 no gutangira neza umushya, mu ijoro kuwa 31 Ukuboza 2022, ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko buzaturitsa urufaya rw’ibishashi by’urumuri...
Mbabazi Shadia benshi bazi nka Shaddyboo ari mu byishimo byinshi nyuma y’uko umukunzi we amwerekanye mu muryango ibintu avuga ko yishimiye nko kunguka umuryango...
Umuhanzi Joseph waenyekanye nka Jo Mersa Marley akaba ari umwe mu muryango wa Bob Marley cyane ko yari umwuzukuru we yitabye Imana azize urupfu rutunguranye.