skol
Kigali

Author

Iyamuremye Janvier

Perezida Macron yababariye gafotozi wamuhohoteye

Perezida w’Ubufaransa Emmanuel Macron w’imyaka 39 y’amavuko ukomoka mu ishyaka En Marche yahaye imbazi gafotozi wari ukurikiranyeho icyaha cyo kwinjira mu buzima bw’umukuru w‘igihugu. Nk’uko...
16 September 2017 Yasuwe: 1772 0

Rutanga Eric warezwe na APR FC ayiteye agahinda, Rayon Sports ihabwa igikombe-AMAFOTO

Igitego rukimbi cyabonetse mu mukino wa Rayon Sports na APR FC gitsinzwe na Rutanga Eric cyayiheheje igikombe cy’Agaciro Development Fund; ibyishimo ni byose ku bakunzi ba Rayon sports....
16 September 2017 Yasuwe: 3441 0

Abapolisi b’u Rwanda bari muri Centrafrique bambitswe imidari y’ishimwe

Ku itariki ya 15 Nzeri, abapolisi b’u Rwanda 430 barimo ab’igitsinagore 58 bari mu butumwa bwo kugarura no kubungabunga amahoro n’umutekano mu gihugu cya Centrafrique, bambitswe imidari y’ishimwe...
16 September 2017 Yasuwe: 483 0

Polisi yakoreye ubukangurambaga bwo kurwanya ibiyobyabwenge mu Iseminari nto ya Rwesero

Mu rwego rwo gukomeza gahunda yo gukumira ibyaha cyane cyane ibiyobyabwenge n’ihohoterwa rishingiye ku gitsina n’irikorerwa mu ngo mu bigo by’amashuri, kuri uyu wa gatanu tariki ya 15 Nzeri, Polisi...
16 September 2017 Yasuwe: 441 0

Icyo Janet n’imfura ye bavuga kuri Perezida Museveni wizihiza isabukuru y’amavuko

Perezida wa Uganda, Yoweli Museveni arizihiza isabukuru ye y’amavuko kuri uyu munsi, inshuti n’abavandimwe n’abo mu muryango we bamandikiye bamifuriza guhirwa muri ubu buzima no gukomeza...
16 September 2017 Yasuwe: 4038 0

Rucagu yasimbutse urupfu, imodoka ye iratwikwa

Mu kiganiro Rucagu Boniface yahaye ikinyamakuru izubarirahe.rw ducyeha iyi nkuru yasobanuye ubuzima yanyuzemo kuva yahabwa kuyobora Ruhengeri, ngo yabayeho mu buzima bugoye aho yashobora kuraswa...
16 September 2017 Yasuwe: 14464 0

Meddy yiyongereye mu mubare w’abashinja Guma Guma gushwanisha abahanzi no kubica mu mutwe

Umuririmbyi Meddy wari umaze imyaka irindwi adakandigira mu Rwanda, yahamije ko iyo aba ari mu gihugu irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star rigatangira ahari atari gukandigizamo ikirenge, ngo...
16 September 2017 Yasuwe: 1394 0

Ikibuga cy’indege Mpuzamahanga cya Harare kigiye kwitirirwa Perezida Mugabe

Minisitiri ushinzwe ubwikorezi muri Zimbabwe, yamaze gutangaza ko imyiteguro yo guhindura izina ry’Ikibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya Harare kikitirirwa Perezida Robert Mugabe igeze kure....
16 September 2017 Yasuwe: 396 0

Abaminisitiri n’Abanyamabanga ba Leta buri wese yahawe akarere agomba gukurikirana

Minisitiri w’Intebe mu Rwanda, Dr Edouard Ngirente, yandikiye abaminisitiri bose n’Abanyamabanga ba Leta abamenyesha ko buri wese yongerewe inshingano zo gukurikirana akarere yashinzwe. Hejuru...
16 September 2017 Yasuwe: 3020 0

Timaya yahishuye uko akiri umwana yakoreshwaga imibonano mpuzabitina n’umugore

Umuririmbyi Timaya wo muri Nigeria uri mu bakomeye yagarutse ku buzima yanyuzemo akiri umwana, aho yajyaga yimwa ibyo kurya n’umugore wamusabaga ko bararyamana. Uyu muhanzi wakoranye...
16 September 2017 Yasuwe: 2340 0