Birashoboka ko mu minsi iri imbere amafaranga ari mu kigega agaciro Development Fund azajya agurizwa amatsinda y’abantu biganjemo urubyiruko igihe baba bakoze imishinga ibyara inyungu.
Ibi ni...
Ku wa 12 Nzeri uyu mwaka muri Village urugwiro habereye inama y’abaminisitiri yari iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yasabye ba Minisitiri bose n’abanyamabanga ba Leta...
Urwego ngenzuramikorerere RURA, rurakangurira abamotari guhindura imyumvire bakumva ko isuku ku mubiri wabo, ku byo bambaye ndetse no ku binyabiziga baba batwayeho abagenzi ari ngombwa. Abagenzi na...
None kuwa kabiri, tariki ya 12 Nzeri 2017, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME.
Inama y’Abaminisitiri yatangiye...
Ubushakashatsi bumaze iminsi bukorwa bwegeze ku musozo, aho bagaragaje ko Afurika yayoborwa na Paul Kagame iramutse ari igihugu nk’ibindi atari umugabane nk’uko bisanzwe.
Nyuma ya Sankara,...