skol
Kigali

Author

Iyamuremye Janvier

Al-Shabab yishe abantu 3 ikomeretsa abandi 13

Abantu bagera kuri 3 barishwe abandi 13 bakomerekeye mugitero cyagizwemo uruhare n’ikihebe witurikijeko bombe mu gihugu cya Somaliya. Abapolisi hamwe n’abanyagihugu babibonye bavuga ko uyo muntu...
11 September 2017 Yasuwe: 409 0

Umukozi wa NPD afunzwe akekwaho konona umutungo wayo awugurisha no guhemberwa umuntu udakora

Niyonsaba Thaddée, wari umukozi wa Kompanyi ya NPD ashinzwe kubakisha (Enjeniyeri) umuhanda uhuza Butaro- Base na Kidaho afunzwe akekwaho konona umutungo wayo ugizwe w’ibiti byatemwe mu nkengero...
11 September 2017 Yasuwe: 1193 0

The Ben, Buravan na Knowless bitabiriye amasengesho yo gusengera igihugu-AMAFOTO

Mugisha Benjamin [The Ben], Butera Jean d’Arc [Knowless] ndetse na Yvan Buravan ni bamwe mu byamamamre bitabiriye amasengesho yo gusengera igihugu yabereye i Kigali kuri uyu wa10 Nzeri 2017. Uyu...
10 September 2017 Yasuwe: 2844 0

Kagame yavuze ku mukobwa yagaruriye icyizere wabazaga ‘aho Imana yaraye ubwo Jenoside yabaga’(VIDEWO+AMAFOTO)

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yavuze ko nyuma yo kubohora igihugu yumvise umuvugo w’umwana w’ubukobwa wasoje yibaza aho ‘Imana yaraye ubwo Jenoside yakorerwaga Abatutsi mu 1994’,...
10 September 2017 Yasuwe: 3852 2

Pilote Mbabazi yasezeranye imbere y’amategeko n’umucuranzi wa Beauty For Ashes-AMAFOTO

Esther Mbabazi, umunyarwandakazi wa mbere wabashije kuba umupilote w’indege z’ubucuruzi akanabigeraho akiri umwana muto, yatangaje kuri iki Cyumweru tariki 10 Nzeri 2017 ko yamaze gusezerana...
10 September 2017 Yasuwe: 4909 0

Ubuzima busharira kuri Meddy nyuma y’uko Ise na Nyina batandukanye

Umuririmbyi Meddy avuga ko Imana ari igitangaza mu buzima bwa buri wese; ngo yibaza uburyo afite inganzo ikomeye mu ndirimbo z’urukundo nyamara atarigeze agira amahirwe yo kurubona ku babyeyi...
9 September 2017 Yasuwe: 11624 0

Abanyamadini baravuga ko bahisemo kujya batanga amaraso nk’ituro ku Mana

Bamwe mu banyamadini baravuga ko bahisemo kujya batanga amaraso nk’ituro ku Mana kuko ayo maraso aba azarokora ubuzima bw’abantu batari bacye. Ni mu gihe bamwe mu baforomo bashinzwe igikorwa cyo...
9 September 2017 Yasuwe: 637 0

Burera, Rubavu na Rulindo: Hangijwe ibiyobyabwenge hanafatwa abacuruzi b’urumogi

Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Burera ifatanyije n’ubuyobozi bw’umurenge wa Gahunga, ku itariki ya 6 bangirije mu ruhame inzoga zitemewe gucuruzwa mu Rwanda na kanyanga byose hamwe...
9 September 2017 Yasuwe: 337 0

Umuyobozi mushya wa WASAC ngo nta gitutu yotswa no kuba uwo yasimbuye afunze

Umuyobozi Mushya wa WASAC, Aimé Muzola yatangaje ko amakosa yakorewe muri iki kigo ndetse no kuba cyararanzwe n’ibibazo by’urudaca byatumye isura y’ikigo ihindana ariko ko yizeye impinduka mu minsi...
9 September 2017 Yasuwe: 1895 1

MUSANZE : Babangamiwe no guhabwa intica ntikize ngo bimuke ahagiye kubakwa inganda

Abaturage bafite imirima mu gice kigiye kwegurirwa inganda mu karere ka Musanze banze gusinyira ingurane barimo guhabwa na minisitere y’ubucuruzi n’inganda, ngo kuko amafaranga babariwe ari make ku...
9 September 2017 Yasuwe: 740 0