Mugisha Benjamin [The Ben], Butera Jean d’Arc [Knowless] ndetse na Yvan Buravan ni bamwe mu byamamamre bitabiriye amasengesho yo gusengera igihugu yabereye i Kigali kuri uyu wa10 Nzeri 2017.
Uyu...
Esther Mbabazi, umunyarwandakazi wa mbere wabashije kuba umupilote w’indege z’ubucuruzi akanabigeraho akiri umwana muto, yatangaje kuri iki Cyumweru tariki 10 Nzeri 2017 ko yamaze gusezerana...
Umuririmbyi Meddy avuga ko Imana ari igitangaza mu buzima bwa buri wese; ngo yibaza uburyo afite inganzo ikomeye mu ndirimbo z’urukundo nyamara atarigeze agira amahirwe yo kurubona ku babyeyi...
Bamwe mu banyamadini baravuga ko bahisemo kujya batanga amaraso nk’ituro ku Mana kuko ayo maraso aba azarokora ubuzima bw’abantu batari bacye. Ni mu gihe bamwe mu baforomo bashinzwe igikorwa cyo...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Burera ifatanyije n’ubuyobozi bw’umurenge wa Gahunga, ku itariki ya 6 bangirije mu ruhame inzoga zitemewe gucuruzwa mu Rwanda na kanyanga byose hamwe...
Umuyobozi Mushya wa WASAC, Aimé Muzola yatangaje ko amakosa yakorewe muri iki kigo ndetse no kuba cyararanzwe n’ibibazo by’urudaca byatumye isura y’ikigo ihindana ariko ko yizeye impinduka mu minsi...
Abaturage bafite imirima mu gice kigiye kwegurirwa inganda mu karere ka Musanze banze gusinyira ingurane barimo guhabwa na minisitere y’ubucuruzi n’inganda, ngo kuko amafaranga babariwe ari make ku...